
Ruhango: urubyiruko rwiyemeje kuba abarinzi b’ibyagezweho
Ku munsi mpuzamahanga wahariwe urubyiruko, u rwo mu karere ka Ruhango, rwiyemeje kuba abarinzi b’ibyagezweho n’u Rwanda ruharanira kubiteza imbere. Umunsi mpuzamhanga w’urubyiruko uba tariki More...

Nyamasheke: Abafatanyabikorwa b’akarere barasaba kubona ibikorwa biri mu mihigo hakiri kare
Abafatanyabikorwa b’akarere ka Nyamasheke bagize ihuriro ryirwa JADF, barasaba akarere kujya gakora ibikorwa by’imihigo bikabohererezwa hakiri kare bakareba ahakanewe ubufasha bwabo hakiri kare kugira More...

Ngoma: Abafatanyabikorwa b’akarere bitezweho byinshi mu kwihutisha iterambere
Ubuyobozi bw’akarere ka Ngoma buvuga ko abafatanyabikorwa ari ibirindiro n’imbaraga z’akarere mu gihe bahawe umurongo w’ibyo bakoreramo, kuko byihutisha iterambere n’imihigo ikeswa More...

Nyamasheke: Abafatanyabikorwa b’akarere barasaba kubona ibikorwa biri mu mihigo hakiri kare
Abafatanyabikorwa b’akarere ka Nyamasheke bagize ihuriro ryirwa JADF, barasaba akarere kujya gakora ibikorwa by’imihigo bikabohererezwa hakiri kare bakareba ahakanewe ubufasha bwabo hakiri kare kugira More...

Ruhango: Hakozwe isuzumwa ku byagezweho n’abafatanyabikorwa
Itsinda ry’Ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu Ntara y’Amajyepfo rifatanyije n’ubuyobozi bw’iyi Ntara bakoze isuzumabikorwa ry’ibikorwa  by’abafatanyabikorwa mu iterambere More...

Kamonyi: Abafatanyabikorwa barahamagarirwa gutanga umusanzu wa JADF
 Mu nama yahuje abafatanyabikorwa b’akarere ka Kamonyi tariki 12/3/2015, bahamagariwe gutanga umusanzu w’Ihuriro kuko ariwo ufasha mu gutegura ibikorwa by’Ihuriro no gukora Imurikabikorwa. Imiryango More...

Rutsiro: Abafatanyabikorwa bagaragarijwe imihigo akarere kihaye
Kuri uyu wa kane tariki ya 23/10/2014 habaye inama yahuje ubuyobozi bw’akarere n’abafatanyabikorwa bibumbiye hamwe JAF Komezimihigo Rutsiro (Joint Action Forum), akarere kabamurikira imihigo bihaye More...

Abafatanyabikorwa b’akarere ka Nyamagabe bashoje urugendoshuri bagiriraga mu karere ka Rubavu.
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 03/04/2013, abagize ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’akarere ka Nyamagabe bashoje urugendoshuri bari bamazemo iminsi itatu mu karere ka Rubavu, mu rwego rwo More...