
Gusubira ku biyobyabwenge kubavuye Iwawa n’ikosa ry’Uturere
Abavuye Iwawa bashyizwe muri Koperative United for Development Cooperative Ubuyobozi bw’uturere butungwa intoki kuba hari abana bavanwa Iwawa bakongera gusubira mu biyobyabwenge kandi dufitanye amasezerano More...

Ruhango: Nubwo bamaze kwibohora barasabwa kugira umuco wo gukunda igihugu
Urubyiruko rwitabiriye umunsi wo kwiboza Ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango burashima cyane uburyo abatuye aka karere nabo bamaze kwibohora, ariko nanone ngo bagomba kugira umuco wo gukunda igihugu cyabo bakanabigaragariza More...

Nyanza: Mu birori by’umunsi wo kwibohora basabwe kongera ubushake bwo kugera kuri byinshi byiza
Mu birori ngarukamwaka byizihijweho umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 19 mu Rwanda byabaye tariki 4/07/2013 ku rwego rw’akarere ka Nyanza basabwe n’umuyobozi w’Intara y’Amajyepfo ko bakongera More...

Nyamagabe: Abaturage bararata ibyiza bagezeho nyuma y’uko u Rwanda rwibohoye.
Kuri uyu wa kane tariki ya 04/07/2013, mu karere ka Nyamagabe habereye umuhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 19 u Rwanda rwibohoye maze ingabo zari iza FPR-Inkotanyi zigahagarika jenoside yakorerwaga More...

Rubona: Barishimira ibyo bamaze kugeraho mu myaka 19 yo kwibohora
Ruboneza Ambroise Umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo Tariki ya 4 Nyakanga buri mwaka ni umunsi u Rwanda n’abanyarwanda bibuka ubwo FPR-inkotanyi yabohoraga igihugu, uyu munsi bikaba byari bibaye ku nshuro More...

Gakenke: Abaturage bizihije umunsi wo kwibohora bishimira ibikorwa by’iterambere Leta y’ubumwe yabagejejeho
Abaturage ba Mataba barishimira iterambere bagezeho. Abaturage bo mu midugudu ya Gatovu na Munini mu Kagali ka Gikombe ho mu Murenge wa Mataba bari kumwe n’abayobozi batandukanye bizihije umunsi wo kwibohora More...