
Nyanza: Abakozi b’Akarere bihwituriye mu nama idasanzwe
Abakozi b’akarere ka Nyanza bo mu nzego zose z’ibanze bahuriye mu nama idasanzwe barihwitura mu birebana no kunoza imikorere buri wese akita ku nshingano ze z’ibanze mu kazi. Abakozi kuva More...

Rusizi: Mu karere ka Gakenke ngo basanga bagenzi babo barabasize mubikorwa by’iterambere
Nyuma yo kumenya ko urugaga rw’abikorera rwateye imbere mu bikorwa bitandukanye birimo kuzamura imishinga migari iboneka mu nyubako zitandukanye mu karere ka Rusizi itsinda ry’abantu 30 bakora More...

Gatsibo: Akarere karasaba ubufatanye n’abafatanyabikorwa mu kwesa imihigo
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo bumurikira abafatanyabikorwa ibimaze kugerwaho Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo, buvuga ko hatabayeho ubufatanye n’abafatanyabikorwa, imihigo Akarere kaba karahize More...

Burera: Ingengo y’imari ivugurye yiyongereyeho arenga Miliyari imwe
Ingengo y’imari y’akarere ka Burera ivuguruye y’umwaka 2014-2015 yiyongereyo amafaranga y’u Rwanda abarirwa muri Miliyari imwe na Miliyoni 300, ahwanye na 11% by’ingengo y’imari More...

Ngororero: Miliyoni 150 nizo zizakoreshwa mu gusana ibiro by’akarere ka Ngororero
Imwe mu mazu yimukiwemo n’abakozi b’akarere (yari ibiro by’abimuka n’abasohoka) Umuyobozi w’akarere ka Ngororero Ruboneza Gedeon avuga ko gusana inyubako y’ibiro by’akarere More...

Gatsibo: Abafatanyabikorwa b’Akarere barasabwa gutahiriza umugozi umwe
Umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo mu biganiro n’abafatanyabikorwa b’Akarere Akarere ka Gatsibo karashishikariza abafatanyabikorwa bako gukorera hamwe barushaho gushyira mu bikorwa ibyo buri wese More...

Ngoma: Igikombe begukanye bakizengurukije imirenge yose
Mu rwego rwo gukangurira abaturage gukora batikoresheje ngo begukane umwanya wa mbere mu mihigo uyu mwaka wa 2014-2015, igikombe akarere gaherutse kwegukana ku rwego rw’igihugu cyazengurukijwe imirenge yose. Akarere More...

Rwamagana: Abayobozi, abakozi na njyanama biyemeje gukorera hamwe kugira ngo batsinde imihigo
Abitabiriye umwiherero Nyuma y’uko akarere ka Rwamagana kaje ku mwanya wa 29, ubanziriza uwa nyuma mu gihugu, mu mihigo y’umwaka wa 2013-2014, ku wa 15/11/2014, kakoze umwiherero wahuje abayobozi bako, More...

Muhazi: Imbaraga nyinshi mu mihigo y’ubukungu zizazamura imibereho y’abaturage
Umurenge wa Muhazi mu karere ka Rwamagana ngo ugiye gushyira imbaraga nyinshi mu mihigo ijyanye n’ubukungu nko guhinga ku butaka buhurijwe hamwe kandi hagahingwa imbuto yatoranyijwe ngo kuko bituma imibereho More...

Kirehe: Biteguyegutwaraigikombecy’imihigo 2014/2015
Ubwoabanyamabanganshingwabikorwab’imirengen’abandibakozib’akarerebasinyagaimihigoya 2014/2015 kuriuyuwakanetariki 23/10/2014 Umuyoboziw’akarerekaKirehew’agateganyoTihabyona Jean More...