
Perezida Kagame yagabiye inka umuryango wibarutse abana batatu b’impanga
Umuryango wibarututse abana batatu b’impanga utuye mu murenge wa Bungwe mu karere ka Burera, ejo, washyikirijwe inka ihaka wagabiwe na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame. Uyu muryango washykirijwe iyo More...