
Rulindo: Uwayoboraga Akarere ka Rulindo haribyo yifuzaga kuba yaragezeho.
Umuyobozi w’akarere ka Rulindo ucyuye igihe n’abandi bayobozi Bamwe mu baturage batujwe mu midugudu Umuyobozi ucyuye igihe muri rulindo, Kangwagye Justus yishimira byinshi byagezweho muri manda yayoboye, More...

Ngororero: Komite nyobozi icyuye igihe ngo igiye yemye
Mazimpaka Emmanuel yari ashinzwe ubukungu Abagize komite nyobozi icyuye igihe mu karere ka Ngororero bahamya ko basoje manda zabo bemye kuko bazamuye akarere. Mu gihe hari abayoboraga uturere bavuga ko bajyanye More...

Gicumbi – Komite nyobozi icyuye igihe yanenzwe kudashyira hamwe
Abitabiriye umuhango wo guhererekanya ububasha Komite Nyobozi y’Akarere ka Gicumbi mu gikorwa cyo gusoza imirimo yayo, ikazasimburwa n’abazatorwa mu matora arimo gutegurwa yanenzwe kudashyira More...

Gakenke: Barishimira byinshi byiganjemo iterambere muri 2015
Abaturage n’ubuyobozi bishimira ibyagezweho muri 2015 Abaturage n’ubuyobozi bw’akarere ka Gakenke barishimira ko mu mwaka wa 2015 bageze kuri byinshi bitandukanye byiganjemo iterambere rigenda More...

Rutsiro: Bashimye aho imihigo igeze basaba ko iyadindiye yazamurwa.
Itsinda ryaturutse ku ntara y’iburengerazuba rigenzura imihigo ryatangaje ko imihigo imwe y’akarere ka Rutsiro irimbanyije ariko banasanga hari iyadindiye basaba ko nayo yazamuka. Iri tsinda rimaze More...

Huye: Barasabwa kwigomwa icupa bakagura ikayi y’umuhigo w’ingo
Nyuma yo kubona ko umuhigo w’ingo ari wo shingiro nyaryo ry’iterambere, mu Karere ka Huye barasaba abaturage kugura ikayi yabugenewe. Ubundi abaturage bahigiraga mu makaye asanzwe, ariko noneho ayakozwe More...

Rulindo: Akarere ka Rulindo kagiye kwegereza ubuyobozi abaturage.
Abayobozi n’abafatanyabikorwa b’akarere ka rulindo bahuriye mu nama igamije kurebera hamwe uko bakwegereza ubuyobozi abaturage mu rwego rwo kwesa neza imihigo y’umwaka utaha. Inama yabereye More...

Nyaruguru: Umurenge wa Ngera wahize iyindi mu muganda
Umurenge wa Ngera mu karere ka Nyaruguru washimiwe kuba warahize indi mu bikorwa by’umuganda mu mwaka wa 2014-2015. Minisitiri w’umutekano mu gihugu Sheik Musa Fazil Harerimana niwe washyikirije More...

Barasabwa kwesereza imihigo igihe kugirango batazongera kuba abanyuma
Abayobozi b’imirenge igize akarere ka Gakenke barasabwa gushyira imbaraga mu mihigo kugirango batazongera kuba abanyuma nkuko byagenze umwaka ushize w’imihigo. Babisabwe n’umuyobozi w’akarere More...

Kayonza: Imihigo bayishingiye ku baturage kuyesa ngo byakoroha
Abayobozi b’akarere ka Kayonza barasabwa gushingira imihigo ku baturage hasi mu midugudu baramutse bayumvise neza byakoroha kuyesa. Ibi byavuzwe na Minisitiri w’ibikorwa by’inama y’abaminisitiri, More...