
Rulindo: abayobozi mu nzego z’ibanze ngo basanga EAC bayungukiramo byinshi
Kuri uyu wa kane tariki ya 14/5/2015,mu karere ka Rulindo hatangiye amahugurwa mu bayobozi b’inzego z’ibanze ,ku bijyanye no gusobanurira aba bayobozi imikorere y’uyu muryango nyafurika w’ibihugu More...

Kirehe: Urubyiruko rubona ibyiza bya EAC ku Rwanda
Abasore n’inkumi 50 bo mu Karere ka Kirehe basanga hari byinshi u Rwanda ruzageraho mu iterambere n’ubufatanye bw’ibihugu bigize Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba(EAC) Ni More...

Gakenke: Bumvaga umuryango wa EAC ari umuryango uhuriwemo n’abayobozi bonyine
Bamwe mu baturage batuye mu karere ka Gakenke bavuga ko batari bazi ko umuryango uhuriwemo n’ibihugu bya Africa y’Uburasirazuba (EAC) nabo ubareba kuko bumvaga ko uhuriwemo n’abayobozi gusa Gusa More...

Rutsiro: Basanga ibihugu bya EAC nibiba Leta imwe umuco uzaba imbogamizi ku banyarwanda.
Kuva kuwa Mbere Tariki ya 02 Werurwe 2015 mu karere ka Rutsiro hari kubera amahugurwa agamije kumenyekanisha inkingi za EAC(East Africa Community)muri zo hakaba harimo no guhuza ibihugu biyigize bikaba Leta imwe More...

Bugesera: Urubyiruko n’abagore barakangurirwa kwitabira isoko ry’ibihugu by’afrika y’iburasirazuba
Abahugurwa bahawe n’umwanya bungurana ibitekerezo mu matsinda Abahagarariye inzego z’urubyiruko n’abagore bo mu karere ka Bugesera barahabwa amahugurwa ku kwitabira isoko rusange rihuza ibihugu More...

Ngororero: EACSOF irasaba abatuye akarere ka Ngororero kubyaza inyungu umuryango EAC
Nyuma y’uko ibihugu byibumbiye mu muryango w’Ibihugu byo muri Afurika y’Iburengerazuba (EAC) bishyizeho uburyo bwo korohereza ababituye gukorera muri ibyo bihugu ku buryo bworoshye, abaturage More...