
Ngoma: Abamotari barivuga imyato mugihe police ikibashinja ibiyobyabwenge
Ruremesha simeon , umusecurite Ubwo hangizwaga ibiyobyabwenge Mu gihe abamotari mu karere ka Ngoma bivuga imyato ko ntawugitwara ibiyobyabwenge,police y’igihugu yo iravuga ko hari bake bakibikora. Ruremesha More...

Ngoma: Hangirijwe ibiyobyabwenge hanashimwa ubufatanye bw’abamotari mu kubifata
Ibiyobyabwenge byangijwe birimo kanyanga Ibiyobyabwenge byangijwe birimo kanyanga Ibiyobyabwenge bifite agaciro ka miliyoni hafi eshanu z’amafaranga y’u Rwanda byangiririjwe mu ruhame hanashimwa abamotari More...

Gatsibo: Urubyiruko rwakanguriwe kuba umusemburo wo kurwanya ibiyobyabwenge
Hangijwe ibiyobyabwenge byiganjemo kanyanga, chief waragi hamwe n’urumogi Urubyiruko rurangije amashuri yisumbuye rwo mu mirenge itandukanye igize akarere ka Gatsibo rurakangurirwa kuba umusemburo wo kurwanya More...

Kirehe: Abana batowe bazarwanya Jenoside, ihohoterwa n’ibiyobyabwenge
Amataora y’abana yabaye mu mucyo Mu matora ya komite z’ihuriro ry’abana, 6 batowe bijeje bagenzi babo kuzabahagararira neza baharanira kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside, ihohoterwa n’ibiyobyabwenge More...

Nyagatare: Abaturage basabwe gucika ku biyobyabwenge
Ibibazo byabajijwe ahanini byibanze ku butaka. Kuri uyu wa 28 Ugushyingo, mu nama nyuma y’umuganda abaturage b’utugari twa Rutaraka, Nyagatare na Barija basabwe gucika ku biyobyabwenge. Prof. Shyaka More...

Gicumbi – Hangijwe ibiyobyabwenge bifite agaciro ka miliyonyi 8
Iki gikorwa cyabereye mu kigo cy’amashuri yisumbuye ya Mulindi tariki ya 7/10/2015 aho ibiyobobyabwenge bya kanyanga byangirijwe imbere y’abanyeshuri banakangurirwa kubireka. Polisi ikorera mu karere More...

Nyagatare: Bamwe mu bayobozi babangamiye ifatwa ry’ibiyobyabwenge
Kuri uyu wa 01 Ukwakira, 2015 umuyobozi wa polisi y’igihugu mu karere ka Nyagatare yabwiwe ko ubuyobozi butoteza abayifasha kurwanya abarembetsi. Iyi nama nyunguranabitekerezo yahuje umuyobozi mukuru wa More...

Nyagatare: hari abayobozi babangamiye ifatwa ry’ibiyobyabwenge
Mu nama nyunguranabitekerezo yahuje umuyobozi mukuru wa polisi n’abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari n’imirenge igize akarere ka Nyagatare ndetse n’abamotari, Hareberwaga hamwe More...

Gakenke: Barishimira ubumenyi bungutse mu kurwanya inkongi y’umuriro
 Ubuyobozi bw’ibigo nderabuzima ndetse n’iby’amashuri yisumbuye yo mu karere ka Gakenke barishimira ubumenyi bungutse mu kurwanya no gukumira inkongi y’umuriro. Ni nyuma yo guhugurwa More...

Bugesera: Hasenywe ibiyobyabwenge by’agaciro ka miliyoni zirenga enye
Umuyobozi w’akarere abimburira abandi mu kumena ibiyobyabwenge  Ubuyobozi bw’akarere ka Bugesera Ku bufatanye Na Polisi y’igihugu, hasenywe ibiyobyabwenge bifite agaciro ka miliyoni More...