
Rwanda | Muhanga: abayobozi B’ imidugudu n’abacunga umutekano barasabwa gucunga umutekano w’abaturage kurusha gushaka nyungu
Mu gihe mu karere ka Muhanga hamaze havugwa guhungabana k’umutekano, bimaze kugaragazwa ko biterwa n’uko abayobozi b’imidugudu n’abagize koperative ishinzwe gucunga umutekano baharanira More...

Abanyarwanda barasabwa gucika ku muco wo kudatanga amakuru mu ibarura rusange
Ikigo cy’igihugu cy’Ibarurishamibare kirasaba abanyarwanda gucika ku muco wo kwanga gutanga amakuru cyangwa kubeshya mu gihe cy’ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire ryo ku More...

Akarere ka Rusizi kizihije isabukuru y’imyaka 50 y’ubwigenge n’imyaka 18 yo kwibohora
Mu muhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 50 u Rwanda rumaze y’ubwigenge n’imyaka 18 abanyarwanda bibohoye umuyobozi w’akarere ka Rusizi Nzeyimana Oscar  ari More...

Huye: N’ubwo gacaca zashojwe, abakoze jenoside bazakomeza gukurikiranwa
Ibi byavuzwe n’umuyobozi w’Akarere ka Huye, Kayiranga Muzuka Eugene, mu gihe cyo kwibuka no gushyingura mu cyubahiro abazize jenoside bo mu Murenge wa Mukura ho mu Karere ka Huye, kuwa 25 Kamena, 2012. Meya More...

Utanyuzwe n’itangwa ry’akazi agomba kubimenyesha Komisiyo ishinzwe abakozi ba leta
Umunyamabanga nshingwabikorwa wa komisiyo ishinzwe abakozi ba leta arashishikariza abantu batandukanye kujya bageza kuri iyo komisiyo ibibazo bahuye nabyo mu itangwa ry’akazi kugira ngo bisuzumwe neza. Angelina More...

Nyamasheke: CDC yanenze ba Rwiyemezamirimo batuzuza neza inshingano zabo
Mu nama ya komite ishinzwe iterambere ry’akarere (CDC) yateranye kuri uyu wa kabiri tariki ya 12/06/2012, abagize CDC banenze ba Rwiyemezamirimo batuzuza neza inshingano ziba zikubiye mu masoko baba batsindiye. Muri More...

Gatsibo: sosiyete sivile yahuguwe ku kamaro k’amatora
Mu gihe abakorana na societe civil mu karere ka Gatsibo bavuga ko bari basanzwe bahangana na komisiyo y’amatora mu gihe cy’amatora, ubu ngo basobanukiwe n’uruhare rwabo mu migendekere myiza More...

Abishe n’abarebereye mu gihe cya Jenoside nibo bataye agaciro kurusha abandi-Umuyobozi w’Amajyepfo
Umuyobozi w’intara y’Amajyepfo, Alphonse Munyantwali asanga abishe inzirakarengane z’Abatutsi mu gihe cya jenoside ndetse n’abarebereye mu gihe bicwaga aribo bataye agaciro kurusha abandi More...

Nyabihu:Abakuze batazi gusoma no kwandika bitabiriye amasomero barenga abari bateganyijwe
Umubare w’abagana amasomero wariyongereye Mu gihe hari hateganijwe amasomero agera kuri 73,guhera mu kwezi kwa 7/2011, mu karere ka Nyabihu ubu hamaze kugera amasomero agera ku 122 nk’uko Nkera David,ushinzwe More...

Kamonyi: Abakorera mu masambu ya leta bagiye koroherezwa kuyagiraho uburenganzira
Mu gace k’amayaga, ahagaragara ibisigara bya leta, bamwe mu baturage bahawemo amasambu, ariko habamo n’abayahawe mu buryo budakurikije amategeko. Mu gihe cy’iyandikwa ry’ubutaka, ni More...