
Karongi: Imitegurire n’imitangire y’amasoko biri mu bidindiza imihigo
Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi buragaragaza nubwo kari ku kigero kitari kibi, imitegurire n’imitangire y’amasoko byadindije imwe mu mihigo kari kiyemeje. Ni nyuma y’isuzuma ry’aho More...

Muhanga: Nta serivisi inoze ntawavuga ko hari imiyoborere myiza, “CNDPâ€
Umuyobozi wa Komisiyo y’igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu CNDP (Comission National de Droits du Personne) Mme Nirere Madeleine atangaza ko imiyoborere myiza irangwa ku isonga no gutanga serivisi nziza More...

Kirehe: Ngo bazemera ko imiyoborere myiza iriho ari uko Itegeko Nshinga rivuguruwe
Abitabiriye imiyoborere myiza Ubwo kuwa 02 Mata 2015 hasozwaga ukwezi kwahariwe imiyoborere abenshi mu baturage bo mu murenge wa Mahama ahabereye icyo gikorwa basanga imiyoborere myiza babwirwa igomba kujyana n’ivugururwa More...

Rubavu: Ukwezi kw’imiyoborere uzaba umwanya wo kumurikira abaturage ibyo bakorewe
Hon Kamayirezi n’umuyobozi w’akarere ka Rubavu Bahame batangiza ukwezi kw’imiyoborere Umuyobozi w’akarere ka Rubavu Bahame Hassan avuga ko mu kwezi kwahariwe imiyoborere myiza bazibanda More...

Nyaruguru: Igihembwe cy’imiyoborere myiza cyatangiranye no kumurikira abaturage ibibakorerwa
Mu gutangiza igihembwe cya kabiri cy’imiyoborere myiza ubuyobozi bw’akarere ka Nyaruguru bwamurikiye abaturage ibikorwa bubagezaho bufatanyije n’abafatanyabikorwa. Binyuze mu imurikabikorwa More...

Abaturage ba Gatsibo bayigejeje aho itagereranywa na komini Murambi ya cyera
Uruganda rw’umuceri kimwe mu byagezweho mu Karere ka Gatsibo nyuma yo kwibohora Abayobozi b’akarere ka Gatsibo baravuga ko intera ako karere kagezeho nyuma y’imyaka 20 u Rwanda rwibohoye ngo More...

Icyumweru cyo kurwanya ruswa mu nkiko cyashojwe nurugendo rwo kuyamagana
Icyumweru cyo kurwanya ruswa cyashojwe kuri uyu wa gatanu tariki 10/02/2012 hakorwa urugendo rugamije kuyamagana. Uru rugendo rwitabiriwe n’abakozi b’Urukiko rw’Ikirenga, abo mu nkiko n’abandi More...

Abayobozi mu karere ka Huye barashima uburyo Rulindo yiteza imbere
Mu rugendo – shuri abayobozi ku nzego zitandukanye z’akarere ka Huye bakoreye mu karere ka Rulindo kuri uyu wa kane tariki 09/02/2012, bashimye gahunda zitandukanye z’ akarere ka Rulindo More...

Ntidukwiye gushingira ku mategeko mpuzamahanga gusa – Guverineri Munkentwari
Guverineri Munyantwali Alphonse Guverineri w’intara y’amajyepfo, Munyatwali Alphonse, avuga ko nubwo amategeko mpuzamahanga mpanabyaha afite akamaro ariko ko yo ubwayo yonyine atari igisubizo. Mu More...

Rusizi: Mayor yiteze inama n indi nkunga ku ruzinduko rwa Minisitiri w Intebe
Umuyobozi w’akarere ka Rusizi, Oscar Nzeyimana, avuga ko uruzinduko bategereje rwa Minisitiri w’Intebe, Pierre Damien Habumuremyi, barwitezeho byinshi birimo inama n’indi nkunga ishoboka mu More...