
Ikorwa rya firimi ku bikorwa byagezweho n’intore ryatangiriye i Rulindo
Kuri uyu wa gatanu tariki 04/05/2012, mu karere ka Rulindo hatangiriye igikorwa cyo gufata amashusho ya firimi izagaragaza ibyagezweho n’intore mu gihugu cyose. Nk’uko bitangazwa na Rutayisire Tharcisse, More...

U Rwanda rwiteguye kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’amazi
Nk’uko bitangazwa n’Umuyobozi Mukuru Wungirije ukuriye Ishami rishinzwe Umutungo Kamere w’Amazi mu Kigo Gishinzwe Umutungo kamere mu Rwanda, Kabalisa Vincent de Paul uyu munsi ufite insanganyamatsiko More...

NSR | Ruhango: Abanyeshuli barishimira kuba bagiye gutunga ibibaranga
Mu gikorwa cyo gufata ibyangombwa, abanyeshuri basaga 300 bazindukiye ku karere ka Ruhango mu gikorwa cyo kwifotoza kugira ngo bahabwe indangamuntu tariki ya 23/02/2012. Â Abanyeshuri barimo kwifotoza Aba banyeshuri More...