
Rwanda : Ubuyobozi bw’akarere ka Musanze bwasabwe kugaragaza aho batabashije guhigura
Nyuma y’uko akarere ka Musanze kaje ku mwanya wa 23 mu kwesa imihigo y’umwaka 2011-2012, abayobozi b’inzego z’ibanze bagaragaje kutishimira umwanya akarere kabo kabonye, banasaba ubuyobozi More...

Rwanda : EAC n’imishinga iyikoreramo bigiye kugendera ku mihigo
U Rwanda rusanzwe ruzwi gukorera ku mihingo no guhigura ku nzego zose, ariko umuryango wa EAC hamwe n’imishinga iwukoreramo nabyo bigiye kugendera kuri iyi gahunda. Taliki ya 16 Nyakanga 2012 nibwo umunyamabanga More...