
Rwanda | Ruhango: Abavuga rikumvikana barasaba ko abaturage bajya bahabwa umwanya mu byemezo bifatwa na Leta
Abavuga rikijyana mu karere ka Ruhango, baravuga ko Leta ikwiye kujya iha umwanya abaturage ikumva ibitekerezo byabo mu bikorwa iba iteganya, kuko ngo hari igihe bajya kumva bakumva inzego zo hejuru zibaturaho ibintu More...