
Abaturage ba Gisenyi barasabwa kuva mu magambo atubaka bakitabira ibikorwa
Muri gahunda yo kwegera abaturage bakabatega amatwi bakabafasha gukemura ibibazo byabo, bamwe mu bagize Inama Njyanama y’Akarere ka Rubavu kuri uyu wa 21 Werurwe basuye abaturage b’umurenge wa Gisenyi, More...

Inama njyanama y’akarere ka Rubavu yasuye umurenge wa Cyanzarwe
Muri gahunda Inama Njyanama y’Akarere ka Rubavu yafashe yo kwegera abaturage ikabafasha gukemura ibibazo byabo kuri uyu wa 14 Werurwe intumwa z’iyi nama njyanama zahuye n’abaturage b’umurenge More...

Ngororero: ubuyobozi bwongeye gusubiza ibibazo by’abaturage abandi bagirwa inama
Mu rwego rwo gusubiza ibibazo by’abaturage Perezida wa Repubulika Paul Kagame ataboneye umwanya ubwo yasuraga akarere ka Ngororero kuwa 15/02/2012, mu mpera z’ukwezi kwa Gashyantare,2012 Guverineri More...

Rwanda | Ngororero : Abunzi barashinja utugari kutagira icyo babamarira
Abunzi bo mu karere ka Ngororero, intara y’i Burengerazuba barasaba inzego zibafite mu nshingano kwihutira kubafasha mu bijyanye n’ubushobozi, kuko mu gihe bakora mu bushobozi buke bishobora kubateranya More...

Rwanda | Kamonyi: Abakozi b’umurenge wa Mugina basobanuriye abaturage serivisi batanga
Kuri uyu wa 14/02/2012, mu cyumba cy’inama cy’ishuri ryisumbuye ryitiriwe Mutagatifu Ignasi riherereye ku Mugina mu karere ka Kamonyi, hahuriye abaturage baturutse mu tugari tugize umurenge wa More...

Gisagara: Hatangijwe icyumweru cyo kurwanya ruswa mu nkiko
Iki gikorwa cyafunguwe n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere bwana Mvukiyehe Innocent kikaba kitabiriwe n’umukuru w’urukiko rwa Gisagara, abakozi bakora mu rukiko, ingabo, polisi, More...

Abaturage barasabwa gufatanya n’ubuyobozi mu kwikemurira ibibazo
Kuri uyu wa kane, umunyamabanga nshingwabikorwa w’intara y’Uburengerazuiba Jabo Paul yasabye abaturage gufatanya n’ubuyobozi kwikemurira ibibazo mbere y’uko bigera mu rwego More...

Guverineri w’intara y’iburasirazuba arasaba abaturage kugira uruhare mu ikemurwa ry’ibibazo bahura nabyo
 tariki ya 20 Mutarama,2012 Guverineri w’intara y’iburasirazuba hamwe n’abayobozi batandukanye barimo polisi n’ingabo basuye imirenge ya Nyarubuye, Mpanga, Nasho na Mushikiri mu More...

Kugirango ibibazo birangire, uruhare rwa nyirubwite rurakenewe –Murayire
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 18 mutarama umuyobozi w’akarere ka Kirehe afatanyije na bamwe mu bakozi b’akarere bashinzwe kwakira ibibazo by’abaturage bakemuye ibibazo bimwe na bimwe by’abaturage, More...

Gakenke : 90% by’ibibazo byagejejwe ku bayobozi ni ibibazo by’amasambu
Muri gahunda yo gukemura ibibazo by’abaturage mu kwezi kwahariwe imiyoborere myiza, kuri uyu wa gatatu tariki 18/01/2012 ku biro bw’akarere, abayobozi batandukanye bumvise ibibazo by’abaturage. More...