
Guverineri Bosenibamwe yasuye ibikorwa by’iterambere muri Kinihira
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, kuri uyu wa kabiri tariki 22/05/2012 yasuye ibikorwa bitandukanye by’iterambere mu murenge wa Kinihira akarere ka Rulindo, ndetse aganira n’abaturage More...

N’abikorera bajye bibuka, banafashe abarokotse jenoside
Uwasabye abikorera kuzajya bibuka bakanafasha abarokotse jenoside batishoboye ni umuyobozi wa Ibuka ku rwego rw’igihugu, Dr. Dusingizemungu Jean Pierre. Hari mu gikorwa cyo gushyingura no kwibuka jenoside More...

Mu bitaro bya Muhororo bunamiye abahoze ari abakozi babyo bazize jenoside yakorewe abatutsi
Kuwa 26/04/2012 ku gicamunsi munsi mu bitaro bya Muhororo habereye umuhango wo kwibuka abakozi bakoraga muri ibyo bitaro bazize jenoside yakorewe abatutsi muri mata 1994. Uwo muhango wabanjirijwe n’urugendo More...

Biragayitse ko Jenoside yageze mu bitaro byaragombaga gukiza abantu
Biragoye kwiyumvisha ko Jenoside yageze no mu bitaro aho gukiza abarwayi baje bahashakira ubuzima ariko bakabwamburwa n’abakagombye kumufasha. Aya ni amagambo yavuzwe na Christian Dukuze, umunyamabanga nshingwabikorwa More...

Ruhango: “Indyo yuzuye ituma umurwayi akira vuba†Hon. Mugesera
Ku itariki ya 29/03/2012 Hon. Senateri Antoine MUGESERA yasuye abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi mu ishuri rikuru ry’ubuvuzi rya Gitwe. Muri urwo ruzinduko kandi yaboneyeho no gusura ibitaro byaho maze More...