
Kamonyi: Kwibuka ku nshuro ya 18, abaturage bifatanyije n’abarokotse jenoside kurusha mu myaka yatambutse
Mu cyumweru cy’icyunamo cyo kwibuka ku nshuro ya 18 jenoside yakorewe abatutsi, benshi mu baturage bagaragaye muri gahunda zari ziteganyijwe, ugereranyije n’abitabiraga mu myaka yabanje. Ibyo bikaba More...

Gatsibo: ibiganiro mu midigudu byagabanyije ihungabana
Uwimpuhwe Esperance umuyobosi ushinzwe imibereho myiza Gatsibo Mbere y’uko icyunamo gitangira akarere ka Gatsibo kabanje gutegura abazafasha abazagira ikibazo cy’ihungabana mu gihe cy’icyunamo, More...

Nyanza: Hatangajwe gahunda y’uko icyunamo kizakorwa
Mu gihe habura amasaha make ngo icyumweru cy’icyunamo gitangire tariki 7 Mata 2012 hibukwa ku nshuro ya 18 Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 mu Rwanda, ubuyobozi bw’akarere ka Nyanza mu Ntara More...

FPR yandikiye abayoboke bayo ibaruwa ibaha amabwiriza y’imyitwarire mu cyunamo
Umunyamabanga Mukuru wa FPR Inkotanyi Francois Ngarambe yandikiye abanyamuryango ba FPR Inkotanyi aho bari hose ku isi ibaruwa ibakangurira kwifatanya n’abandi Banyarwanda mu gihe cy’icyunamo hibukwa More...

Gatsibo abacitse ku icumu rya jenoside batishoboye basafashwa mu kwezi kw’icyunamo
Abantu 107 nibo bamaze kugaragara ko bacyeneye gufasha mu gihe cy’umwezi kw’icyunamo mu karere ka Gatsibo ariko ngo bashobora no kurenga kuko mu mirenge hashobora kuboneka n’abandi. Gusa  Mu More...

Nyabihu: Uhagarariye IBUKA muri Nyabihu arasaba ubuyobozi kubafasha kwishyuza Miliyoni zigera kuri 50 z’ibyasahuwe muri Jenoside
Hari ibibazo byakwitabwaho muri Nyabihu mu gihe hitegurwa gutangira icyunamo mu Rwanda. Muri ibi harimo no kwishyuriza abacitse ku icumu ibyabo byasahuwe mu gihe cya genocide nk’uko bivugwa na Juru Anastase More...

Muhanga: abaturage barasabwa kwirinda imvugo zikomeretsa mu gihe cy’icyunamo
Ubuyobozi bw’akarere ka Muhanga burasaba abatuye aka karere kwirinda imvugo zikomeretsa cyane cyane abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe abatutsi kuko ziri mu ntandaro More...

Gakenke : « Ntibikwiye ko twibuka ku nshuro ya 18 hari abantu bakinyagirwa » -Umuyobozi w’Akarere
Mu nama yo gutegura icyunamo cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 18, abayobozi b’inzego z’ibanze basabwe kongera imbaraga mu kurangiza amacumbi y’ Abacitse ku icumi no gusana More...