Ngororero: komisiyo y’igihugu y’amatora izahugura inzego zose
Murwego rwo kwimakaza umuco wo gukunda igihugu binyuze mu nzira ya demokarasi, Komisiyo y’igihugu y’Amatora ikomeje amahugurwa y’intore z’abakorerabushake mu karere ka Ngororero. Ku itariki ya 08 Kamena More...
Muhanga: Bamwe mu bayobozi baranengwa gufata ibyemezo batagishije abaturage inama
Umuyobozi w’akarere ka Muhanga, Yvonne Mutakwasuku ku wa 29 05 2012 yatangaje ko hari abayobozi batari bake usanga banengwa n’abo bayoboye kubaturaho amategeko n’ibyemezo byafashwe batabanje kubagisha inama More...
Abatuye Iburasirazuba basabwe gushyira ingufu mu gukumira Ibiza
Imyuzure n’inkangu bimaze igihe bihungabanya ibikorwaremezo hirya no hino mu Rwanda, ndetse bikaba byaranavukije ubuzima abenegihugu hamwe na hamwe ngo ntibishobora kwirindwa burundu buri wese adashyizeho ake More...
“Igihe cyo kubaka inzibutso cyararangiye, ubu tugiye kubaka amateka” Umuyobozi w’ Akarere ka Rulindo
Abatuye Akarere ka Rulindo barasabwa gutanga amakuru yose ku byabaye muri Jenoside yakorewe abatutsi, kugirango ashyirwe mu bubiko, bityo amateka y’igihugu ntazazimangane. Mu gihe iminsi 100 yo kwibuka abazize More...
KARONGI: Ishavu ry’abanyarwanda ritubere umusingi wo kwiyubaka – Niyonsaba Cyriaque
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Bwishyura Niyonsaba Cyriaque wari wifatanyije n’abaturage b’imidugudu ya Nyarurembo na Karutete yagize ati: “Ishavu ry’abanyarwanda ritubere umusingi wo kwiyubaka”. More...
Huye: abafatanyabikorwa bishyiriyeho amategeko abagenga
Abafatanyabikorwa b’Akarere ka Huye ni imiryango itegamiye kuri Leta ikorera muri aka Karere. Kugira ngo babashe gukora uko bikwiye, muri gahunda yo gufasha Akarere kugera ku iterambere ry’abaturage, bishyiriyeho More...
Uwo wakitabaza igihe uhawe serivisi mbi mu bucuruzi
Ibigo bya Leta bifite inshingano zirebana no kurengera abaguzi byashyizeho numero zitishyuzwa abaguzi basobora kwifashisha basaba kurenganurwa igihe bahuye n’ikibazo. Izo nimero ni 3739 muri minisiteri y’ubucuruzi More...
Ngoma: Abayobozi barakangurirwa gutanga service nziza
Umuyobozi w’akarere ka Ngoma wungirije ushinzwe ubukungu, Mupenzi George aratangaza ko kubahiriza ighe ari kimwe mu biranga service nziza. Ibi yabitangarije mu nama yagiranye n’abakozi bo mu mirenge igize akarere More...
Rwanda | « Hari abatanga serivisi mbi batabizi », Guverineri Munyantwari
Hashize igihe mu Rwanda igikorwa cyo gutanga serivisi inoze gihagurukiwe. N’ubwo abenshi biyemeje kubigeraho, inzira iracyari ndende kubera ko hari n’abatanga serivisi itari nziza batabizi. Ibi Guverineri w’Intara More...
Gisagara: Komite nyobozi icyuye igihe y umuryango FPR yarasimbuwe
Ku itariki ya 5/2/2012, inteko icyuye igihe y’umuryango FPR inkotanyi yo mu murenge wa nyanza akarere ka Gisagara yaherekanyije ububasha n’iyahuye igihe. Iki gikorwa cyari kitabiriwe n’umunyamabanga More...
