
Hakenewe imbaraga za buri wese kugira ngo abanyarwanda bigobotore ingoyi y’urwango
Abarokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 ku bitaro bya Rwinkwavu mu karere ka Kayonza, bavuga ko hakenewe imbaraga nyinshi kugira ngo abanyarwanda More...

Rwanda | Burera: Abayobozi barasabwa kongera imbaraga kugirango bakomeze bese imihigo
Minisitiri w’uburezi arasaba abayobozi b’akarere ka Burera kongera imbaraga mu byo bakora byose kugirango bakomeze bese imihigo. Dr.Vincent Biruta ubwo yasuraga akarere ka Burera tariki ya 11/05/2012 More...

Gakenke : « Ntibikwiye ko twibuka ku nshuro ya 18 hari abantu bakinyagirwa » -Umuyobozi w’Akarere
Mu nama yo gutegura icyunamo cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 18, abayobozi b’inzego z’ibanze basabwe kongera imbaraga mu kurangiza amacumbi y’ Abacitse ku icumi no gusana More...

Ruhango: 56’4% by’ingo zigize akarere ka Ruhango zugarijwe n’ubukene
Twagirumukiza Epimaque asaba abaturage gukorana imbaraga  Mu bushakashashatsi bwagaragajwe muri Gashyantare umwaka wa 2012, bwerekanye ko akarere ka Ruhango kaza mu turere tucyugarijwe n’ubukene. Ubu bushakashatsi More...

Gakenke : Abayobozi b’inzego z’ibanze barasabwa kongera ingufu mu kwishyuza mitiweli
Abayobozi b’inzego z’ibanze barasabwa kongera imbaraga mu kwishyuza amafaranga y’ubwisungane magirirane mu kwivuza buzwi nka mitiweli. Ibyo babisabwe mu nama yateranye kuri uyu wa gatanu tariki More...