
Rwanda | Nyabihu: Nyuma y’umwanya babonye mu mihigo ya 2011-2012, basabwe kurushaho gukora neza kugira ngo bazarusheho kuza imbere ubutaha
Akarere ka Nyabihu kasabwe gushyiramo imbaraga kugira ngo kazarusheho kuza ku myanya myiza mu mihigo itaha Intara y’Iburengerazuba igizwe n’uturere 7 aritwo Nyamasheke, Rusizi, Ngororero, Rutsiro, More...

Akarere ka Rubavu karashimirwa kishakamo ibisubizo mu kwesa imihigo
 Fred Mufuruke, Diregiteri mukuru muri Minisiteri yUbutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje ko batangajwe n’uburyo abayobozi n’abaturage bishatsemo ibisubizo kugirango bashyire mu bikorwa More...

Intumwa za leta ziragenzura niba Rwamagana yarasohoje imihigo nk’uko ibyivugaho
Imibare akarere ka Rwamagana gatanga iragaragaza ko kageze kuri byinshi, ubu biri kugenzurwa aho biri nyirizina Mu gihe abayobozi b’Akarere ka Rwamagana bemeza ko bahiguye imihigo bagiranye na perezida w’u More...

Nyamasheke: Abantu barenga ibihumbi bitanu bigishijwe gusoma, kwandika no kubara
Mu muhango wo gusoza itorero ry’igihugu ku rwego rw’imidugudu wabaye tariki ya 14/06/2012 abaturage barangije amasomo yo gusoma, kwandika no kubara bo mu murenge wa Karengera bahawe impamyabumenyi More...

GISAGARA: ABATURAGE BARASABWA KUREKA IMYUMVIRE ISHAJE
Abaturage b’akarere ka Gisagara barasabwa gukangukira gahunda z’iterambere bakareka guheranwa n’imyumvire ya kera yababwiraga ko umurimo w’abasokuruza gusa ariwo ugomba kubabeshaho, kandi More...

Gahunda ya VUP ikomeje gufasha benshi kwikura mu bukene
Gahunda ya VUP igenda ifasha abaturage kwikura mu bukene bukabije Gahunda ya VUP ni gahunda yashyizweho muri imwe mu mirenge ifite abaturage bakennye kurusha abandi hirya no hino mu Rwanda , bagahabwa imirimo bakora More...

Ruhango: abagore barishimira ibikorwa FPR Inkotanyi imaze kubagezeho
Abagore bagize inteko y’urugaga rw’umuryango FPR Inkotanyi baravuga ko ubu bamaze kwigeza kuri byinshi mu iterambere babikesha umuryango FPR Inkotanyi. Abagore bishimira ibikorwa bya FPR Bimwe mu bikorwa More...

Nyamasheke: Akarere na diyoseze ya Cyangugu barishimira ubufatanye bubaranga.
Ku mugoroba wo ku itariki ya 18/05/2012, abakozi b’akarere ka nyamasheke bakinnye umukino wa gicuti na diyoseze gaturika ya Cyangugu, uyu mukino ukaba wari ugamije gushimangira umubano mwiza n’ubufatanye More...

Gisagara: Inyigisho z’itorero ry’igihugu zizahindura imyumvire y’abaturage
Akarere ka Gisagara karahamya kadashidikanya ko inyigisho zitangirwa mu itorero ry’igihugu zizafahsa abanyagisagara gutera imbere no guhindura imyumvire ndetse n’akarere muri rusange kakazabyungukiramo. Abaturage More...

Ibigo by’urubyiko bigiye kujya binafasha mu kwikura mu bukene
Mu gihe ibigo by’urubyiruko byari bisanzwe bifasha urubyiruko kwidagadura mu miko itandukanye ndetse no guhugurwa ku buzima bw’imyororokere no kwirinda indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina, ibi More...