
Mu myaka ibiri, nta mwana w’u Rwanda uzaba akirererwa mu kigo cy’imfubyi
Nyuma y’uko Minisitiri w’Intebe yasabye ko nta bana bongera kurererwa mu bigo by’imfubyi, hashyizweho ingamba z’uko abo bireba bazabyifatamo kugira ngo abana bose babashe kurererwa mu More...

Gakenke : Imiryango hafi 1.200 yorojwe inka muri gahunda ya Girinka
Mu mezi icumi ashize, akarere ka Gakenke kabashije koroza inka imiryango 1.189 muri gahunda ya Girinka. Ibi bikaba byaratangajwe n’umuyobozi ushinzwe ubworozi mu karere, Mwumvaneza Ferdinand mu muhango wo More...

Base: imiryango 30 ubu ibasha kwirihira ubwishingizi bwo kwivuza nyuma yo guhabwa inka
Imiryango 30 yo mu murenge wa Base akarere ka Rulindo yahoze ibarizwa mu kiciro cy’ abatindi ubu yabashije kuva muri icyo kiciro, kuburyo ibasha kwiyishyurira ubwishingizi bwo kwivuza ibikesha gahunda ya More...