
Rwanda : Intara y’uburengerazuba irishimira uburyo imisoro yinjiye umwaka ushize.
Umuyobozi w’intara y’uburengerazuba, Kabahizi Celestin, aratangaza ko bishimira uburyo binjije imisoro n’amahoro mu mwaka w’ingengo y’imari ushize kuko babashije kurenza ayo bari More...

Nyabihu: uko imyaka igenda ishira Imisoro igenda iboneka ku buryo bushimishije
Mu nama ngishwanama ku misoro n’amahoro mu Karere ka Nyabihu  iheruka guterana yerekanye ko akarere ka Nyabihu kagenda gatera intambwe ishimishije ku birebana n’umutungo no kunoza serivisi y’imisoro More...

Akarere ka Nyamasheke karigirwaho uko imisoro itangwa mu buryo bwiza
Abahagarariye ishami ry’imari mu turere twose, bamwe mu bakozi b’ishyirahamwe ry’uturere n’umujyi wa Kigali (RALGA), ndetse na bamwe mu baturutse muri minisiteri y’ubutegetsi More...

Rulindo ku mwanya wa mbere mu gutanga imisoro mu majyaruguru
N’ubwo Rulindo ari akarere kagizwe n’ icyaro, ni ko karere gatanga imisoro kurusha utundi twose tugize intara y’ amajyaruguru, kuko twinjiza amafaranga arenga miliyoni 20 buri mwaka biturutse More...