
Huye: Biyemeje guhindura aho batuye bihereyeho
Abatozwa ubutore ngo bazaba intangarugero Abanyeshuri 1800 bo mu Karere ka Huye barangije amashuri yisumbuye, nyuma yo gutozwa ubutore ngo bazahindura imibereho y’aho batuye bihereyeho. Muri rusange, imihigo More...

Rutsiro: Bashimye aho imihigo igeze basaba ko iyadindiye yazamurwa.
Itsinda ryaturutse ku ntara y’iburengerazuba rigenzura imihigo ryatangaje ko imihigo imwe y’akarere ka Rutsiro irimbanyije ariko banasanga hari iyadindiye basaba ko nayo yazamuka. Iri tsinda rimaze More...

Ruhango: Njyanama yungukiye byinshi mu mwiherero
Njyanama y’akarere ka Ruhango, iravuga ko iminsi itatu yamaze mu mwiherero, yahungukiye byinshi bizayifasha mu iterambere ry’abaturage. Perezida wa Nyanama y’akarere ka Ruhango Rusanganwa Theogenene, More...

Gisagara: Iterambere ry’akarere rishingira ku mihigo y’ingo
Ubuyobozi bw’akarere ka Gisagara buributsa abaturage ko guhigura imihigo y’ingo aribyo bizamura akarere bukabasaba kongera imbaraga muri uyu mwaka 2015-2016. Nk’uko ku ntangiriro y’umwaka More...

Rwamagana: Abayobozi, abakozi na njyanama biyemeje gukorera hamwe kugira ngo batsinde imihigo
Abitabiriye umwiherero Nyuma y’uko akarere ka Rwamagana kaje ku mwanya wa 29, ubanziriza uwa nyuma mu gihugu, mu mihigo y’umwaka wa 2013-2014, ku wa 15/11/2014, kakoze umwiherero wahuje abayobozi bako, More...

Nyabihu: Abaturage barifuza ko amarushanwa ku muganda n’akamaro kawo yazasiga impinduka ku isura y’umuganda mu gihugu
Aha ni mu duce 2, abaturage bakozemo umuganda mu karere ka Nyabihu. Hejuru basiburaga umuyoboro w’amazi wuzuraga mu mvura ugasenyera abaturage muri Mukamira, ahandi bacukuraga imirwanyasuri ku misozi ihanamye,yamanukagaho More...

Huye: Intore zivuga ko urugerero ari rwiza kandi atari agahato
Hari abavuga ko ibikorwa by’urugerero ari umurimo w’agahato wahawe abana barangije amashuri yisumbuye. Nyamara, intore zakoze uru rugerero zikaba zirangije icyiciro cya kabiri cyarwo, si ko zibivuga. Bamwe More...

Rwanda: youth cooperative prevents conflicts
Prosper Irankunda, Head of ‘Hope of Future’. Members in “Hope of Future†cooperative have revealed how they have stopped conflicts in Burera district and are also invited in talks organised More...