
Akarere ka Kirehe karakize ikibazo ni imyumvire-Min Kaboneka
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu asanga akarere ka kirehe gafite ubukungu butabyazwa umusaruro uko bikwiye kuko hakigaragara inzara n’umwanda. Yabivugiye mu nama mpuzabikorwa y’akarere More...

Nyamagabe: Amafaranga agenewe ibikorwa by’iterambere agiye kongerwa
Akarere karatangaza ko amafaranga agenewe ibikorwa by’iterambere, hafashwe ingamba z’uko yakongerwa ugereranije n’agenewe ibikorwa by’ubuzima busanzwe bw’akarere. Mu kiganiro More...

Gisagara: Bernard Makuza arasaba abaturage kurenga aho bari
Perezida wa Senat Bernard Makuza, arashimira abatuye Gishubi mu karere ka Gisagara ibyo bagezeho, akanabasaba kongera imbaraga bakarenga aho bageze. Mu igikorwa cy’umuganda wo kuri uyu wa 29/08/2015, More...

Burera: Ingengo y’imari ivugurye yiyongereyeho arenga Miliyari imwe
Ingengo y’imari y’akarere ka Burera ivuguruye y’umwaka 2014-2015 yiyongereyo amafaranga y’u Rwanda abarirwa muri Miliyari imwe na Miliyoni 300, ahwanye na 11% by’ingengo y’imari More...

Rubavu: miliyari 11 nizo zizakoreshwa mu ngengo y’imari ya 2013-2014
Ngo kwita kubidukikije nabyo bizitabwaho mu bikorwa bya 2013-2014 Inama njyanama y’akarere ka Rubavu taliki ya 26/6/2013 yemeje ingengo y’imari y’akarere ka Rubavu izaba ingana na 11 128 922 More...

Burere: Ubuyobozi mu rugamba rwo kongera ubushobozi bw’akarere
Umuyobozi w’akarere ka Burera atangaza ko hari gushakwa uburyo bwo kongera ubushobozi bw’akarere kugira ngo ibyo bateganya byose bajye babigera ho batagarukiya gusa ku mafaranga basanzwe binjiza ku More...

Nyabihu: uko imyaka igenda ishira Imisoro igenda iboneka ku buryo bushimishije
Mu nama ngishwanama ku misoro n’amahoro mu Karere ka Nyabihu  iheruka guterana yerekanye ko akarere ka Nyabihu kagenda gatera intambwe ishimishije ku birebana n’umutungo no kunoza serivisi y’imisoro More...