
Rwanda : Umuryango EAC ugiye gufashwa gufunga ibicuruzwa neza
Ishami rishinzwe inganda n’iterambere ry’umuryango w’abibumbye UNIDO rifatanyije na Ipack-Ima umuryango w’abataliyani barateganya gufasha inganda zo mu muryango wa EAC gufunga ibicuruzwa More...

Gakenke : Abayobozi b’inganda bashyizeho igiciro cy’ikawa y’ibitumbwe
Nyuma yo kuzamura igiciro cy’ikawa y’ibitumbwe uko bishakiye, abayobozi b’inganda babifashijwemo n’abayobozi b’akarere bumvikanye kuri uyu wa gatatu tariki ya 25/04/2012 ku giciro More...

Gakenke : Inganda z’amakoperative ya kawa zirasabwa kugura umusaruro wose wa kawa
Abayobozi b’amakoperative barahamagarirwa kugura umusaruro wose w’ikawa mu rwego rwo guca ubumamyi bw’ikawa bugaragara mu baturage. Ibyo babisabwe mu nama ya Coffee Task force yateranye kuwa More...

Uwo wakitabaza igihe uhawe serivisi mbi mu bucuruzi
Ibigo bya Leta bifite inshingano zirebana no kurengera abaguzi byashyizeho numero zitishyuzwa abaguzi basobora kwifashisha basaba kurenganurwa igihe bahuye n’ikibazo. Izo nimero ni 3739 muri minisiteri y’ubucuruzi More...

“Umushinga wo kubaka uruganda rw’isukari I Kayonza ushyizwe mu bikorwa watuma tubona amashanyarazi menshi mu gihugu†– Minisitiri Kanimba
Ahazubakwa uruganda Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Francois Kanimba, tariki ya11 mutarama,2012 yatangaje ko umushinga wo kubaka uruganda rw’isukari mu kibaya cya Kajevuba mu karere ka Kayonza More...