
Rwanda : Intara y’uburengerazuba irishimira uburyo imisoro yinjiye umwaka ushize.
Umuyobozi w’intara y’uburengerazuba, Kabahizi Celestin, aratangaza ko bishimira uburyo binjije imisoro n’amahoro mu mwaka w’ingengo y’imari ushize kuko babashije kurenza ayo bari More...

Gahunda ya IDP yateje imbere abatuye mu Ntara y’amajyepfo
Abayobozi bafite aho bahuriye n’ubukungu mu turere tugize Intara y’Amajyepfo basanga Gahuda ya IDP( Integrated Development Programme) imaze guteza imbere ku buryo bufatika abatuye muri iyi ntara nk’uko More...

Nyamasheke: Guverineri Kabahizi yasuye akarere ka Nyamasheke mu rwego rwo gutangiza icyumweru cyahariwe inkiko gacaca
Mu rwego rwo gutangiza icyumweru cyahariwe inkiko gacaca kibanziriza gusoza ku mugaragaro inkiko gacaca ku rwego rw’igihugu, umuyobozi w’intara y’iburengerazuba Kabahizi Celestin yasuye umurenge More...

“iyo ufasha inkeragutabara uba wifashijeâ€- Munyenwari Alphonse
Guverineri w’intara y’amajyepfo Munyenwari Alphonse Mu gihe Leta y’u Rwanda ikomeje gufata ingamba zitandukanye zo gufasha urwego rushinzwe umutekano “inkeragutabara†guverineri More...

Amanama, amahugurwa n’amahoteli bigiye kugabanywa mu Rwanda hongerwe kubakira abakene
Ibiza byo mu mezi ashize byasize benshi hanze Ngo mu mwaka w’ingengo y’imari utaha wa 2012-2013 uzatangira tariki ya mbere Nyakanga uyu mwaka wa 2012 hazagabanywa cyane amafaranga yatangwaga ku manama, More...

Rwanda : Ba gitifu b’Iburasirazuba biyemeje impinduka mu mikorere, Ngo bagiye kuba nta makemwa
Imbimburiramihigo zahigiye gutangira impinduka zigamije iterambere Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Utugari tw’Intara y’Iburasirazuba bemeje ko bagiye kurushaho gutanga serivisi nziza aho bakorera More...

Intara y’amajyaruguru mu rugamba rwo guhangana n’ibiza
Guverineri w’intara y’amajyaruguru aratangaza biyemeje kurwanya ibiza muri iyo nta kugira ngo bidakomeza kwangiriza abaturage, bitwara ubutaka buhingwa mo bwo muri iyo ntara. tariki ya 24/05/2012 More...

Mu iterambere kwihuta byonyine ntibihagije, dukwiye kuvuduka-Guverineri Uwamariya
Guverineri Uwamariya yatumye ba Gitifu kurahura ubumenyi bazakoresha mu rugamba rw’iterambere Guverineri Uwamariya Odetta uyobora Intara y’Iburasirazuba arahamagarira abaturage n’abayobozi More...

Kwibuka ku nshuro ya 18: Intara y’Amajyepfo yabaye iya mbere mu bibi no mu byiza
Kuba Intara y’Amajyepfo iza ku isonga y’izindi mu bibi no byiza byagaragajwe n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’Intara y’Amajyepfo, madamu Izabiriza Jeanne, mu ijambo yavuze mu More...

Nyagatare: Intumwa z’Intara ziri mu isuzuma ry’imihigo ritegura isuzuma ryo ku rwego rw’igihugu
Kuri uyu wa mbere no ku wa kabiri tariki 21-22 Gicurasi 2012, intumwa z’Intara y’Uburasirazuba zigenzura aho uturere tugize iyi ntara tugeze mu kwesa imihigo twahize, ziri mu Karere ka Nyagatare More...