
Ngoma: Ntibacyandikisha abana bavutse cyangwa abitabyimana kuberako batagira umukozi ushinzwe irangamimerere
Kuba hari imirenge imaze igihe kinini itagira abakozi bashinzwe iranga mimerere bituma abaturage batakibaruza abana babo bavutse ndetse n’abantu bitaba imana. Nkuko byagaragajwe na commission y’ inama More...