
Rwanda | GISAGARA: AKARERE KIYEMEJE KUZOROHEREZA RWIYEMEZAMIRIMO UZAHUBAKA HOTEL
Ubuyobozi bw’akarere ka Gisagara buratangaza ko bwiteguye kuzorohereza rwiyemezamirimo uzashaka kubaka Hotel mu murenge wa Save akagari ka Rwanza, ahareba mu karere ka Huye hitwa muri Rwabuye, ahakaswe ibibanza More...

Rwanda | Kamonyi: Hatangijwe gahunda y’itorero ku rwego rw’umudugudu
Kuri uyu wa 02 Kanama 2012, mu midugudu yose igize akarere ka Kamonyi, hatangijwe gahunda y’itorero ry’iguhu, aho abaturage bazakurikirana inyigisho z’umuco ushingiye ku Ndangagaciro na Kirazira More...

Rwanda : Akarere ka Kirehe batoye komite nshya y’abafatanyabikorwa mu iterambere (JADF)
Kuri uyu wa 31/07/2012 mu karere ka Kirehe batoye komite nshya y’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’ akarere (JADF) aho umuyobozi w’iyi komite yakomeje kuba uwari uyiyobowe. Komite y’abafatanyabikorwa More...

Kamonyi: Abafatanyabikorwa mu iterambere barasabwa kwiyemeza ibikorwa babashije
Byagiye bigaragara ko bamwe mu bafatanyabikorwa biyemeza ibikorwa ariko ntibabigereho, bitewe ahanini n’ingengo y’imari idahagije kuko benshi bacungira ku baterankunga. Ubuyobozi bwa JADF bukaba busaba More...

Ingengo y’imari izakoreshwa n’akarere ka Kamonyi mu mwaka 2012/2013 irarenga Miliyari 9
Mu mwaka wa 2012/2013, akarere ka Kamonyi kazakoresha ingengo y’imari ingana n’amafaranga agera kuri Miliyari 9 na miliyoni 478, ikazakoreshwa mu bikorwa bitandukanye by’iterambere, hagendewe More...

Gahunda ya IDP yateje imbere abatuye mu Ntara y’amajyepfo
Abayobozi bafite aho bahuriye n’ubukungu mu turere tugize Intara y’Amajyepfo basanga Gahuda ya IDP( Integrated Development Programme) imaze guteza imbere ku buryo bufatika abatuye muri iyi ntara nk’uko More...

Nyamagabe: Abaturage barakangurirwa kugira uruhare mu bikorwa by’iterambere.
Abitabiriye inama bateze amatwi umuyobozi w’akarere ka Nyamagabe. Ihuriro ry’imiryango itari iya leta rikorera mu karere ka Nyamagabe rirakangurira abaturage bo muri aka karere kugira uruhare More...

Nyamasheke: CDC yanenze ba Rwiyemezamirimo batuzuza neza inshingano zabo
Mu nama ya komite ishinzwe iterambere ry’akarere (CDC) yateranye kuri uyu wa kabiri tariki ya 12/06/2012, abagize CDC banenze ba Rwiyemezamirimo batuzuza neza inshingano ziba zikubiye mu masoko baba batsindiye. Muri More...

Rwanda : RALGA igihe guhemba uturere 5 twahize utundi mudushya
Ishyirahamwe ry’uturere n’umujyi wa Kigali, RALGA rifatanyije n’abafatanyabikorwa baryo, taliki ya 8 Kamena, 2012 bazahemba uturere 5 twahize utundi mu gukora udushya mu guteza imbere kwihangira More...

Rwanda | Nyabihu: Haragenda haterwa intambwe muri byose
Mu rwego rwo kubaka umuryango Nyarwanda ,imiyoborere myiza no gushimangira iterambere rusange,hirya no hino mu gihugu hagiye hashyirwaho amatorero mu nzego zitandukanye,haba ku rwego rw’umurenge,ku kagari More...