
Intore z’abayobozi b’utugari two mu ntara y’amajyepfo zirasabwa gusakaza ibyo zivanye mu itorero
Minisitiri w’umutekano mu gihugu arasaba intore z’abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari two mu ntara y’amajyapfo gukoresha ubumenyi bakuye mu itorero kugira ngo busakare mu baturage More...

Kamonyi: Ibibazo by’ amasambu bifata umwanya munini muri komisiyo ishinzwe kurwanya akarengane na ruswa
Abavuga ko bazingitiranywe mu kuzungura ababyeyi babo, abaka iminani kuko ababyeyi  basize batayibahaye, n’abashaka kujurira cyangwa kubogama mu manza zaciwe, nibo biganje mu bazana ibibazo imbere More...

Gakenke : MINALOC yashyikirije akarere imashini 16 zo kubumba amatafari n’amategura
Mu rwego rwo kwihutisha gahunda yo gutura mu mudugudu habungwabungwa ibidukikije, Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu yashyigikirije Akarere ka Gakenke imashini 16  zizifashishwa mu kubumba amatafari More...