
Bitarenze Nyakanga uyu mwaka, mu mirenge yose hazaba hari Sitasiyo ya Polisi: IGP Emmanuel Gasana
Mu rwego rwo kurushaho gufatanya n’abaturage mu gucunga umutekano umunsi ku munsi no gukumira ibyaha,ubuyobozi bwa Police y’u Rwanda buvuga ko mu mirenge yose igize u Rwanda hagiye gushyirwamo Station More...

I NYAGATARE , AMATORA Y’ABADEPITE YARANGIYE MUMUTUZO
NYAGATARE- Mu karere ka Nyagatare amatora y’abagize inteko ishinga amategeko yitabiriwe hakiri kare ku buryo ahenshi wasangaga abakora ku byumba by’itora bategereje ko isaha ya saa cyenda igera barangize More...

GISAGARA: Bishimiye kugira uruhare mu itorwa ry’abagiye kubahagararira
Mu karere ka Gisagara kimwe n’ahandi mu gihugu, kuri uyu wa 16 abaturage bagejeje igihe cyo gutora bazindukiye mu gikorwa cy’amatora rusange y’abagize inteko ishingamategeko. Abatuye aka karere More...

Ruhango: Abaturage barishimira uburyo amatora yakozwe mu mutuzo
Bishimiye ko amatora yakozwe mu mutuzo Abaturage batoreye kuri site zitandukanye mu karere ka Ruhango, bashimishijwe n’uko amatora y’abadepite yabaye tariki ya 16/09/2013 yagenze. Aba baturage bakavuga More...

Rwanda will be built by the hands of its citizens – President Kagame
President Paul Kagame has emphasised that Rwanda as a country will be built by the hands of its citizens. The president made the remarks during his Labour Day address to the nation on May 1. “Rwanda will More...