
Abayobozi ba Polisi y’u Rwanda n’u Burundi bari kwiga uburyo bwo kurwanya ibyaha ndengamipaka
Abayobozi ba Polisi y’u Rwanda n’u Burundi kuwa mbere tariki ya 07/05/2012 ku cyicaro gikuru cya polisi ku Kacyiru batangiye inama y’iminsi itatu isuzuma uburyo bwo kurwanya ibyaha ndengamupaka. Abitabiriye More...

Gisagara: Hagiye gukorwa ikarita suzuma mikorere
Kuva mu ntangiriro z’uku kwezi kwa Gicurasi mu Karere ka Gisagara hagiye gukorwa ubushakashatsi bushingiye ku ikarita suzuma mikorere (Community Score Card Aproach ) bugamije gusuzuma uko abaturage bakira More...

Rwanda : Abanyarwanda barashishikarizwa kugira umuco wo gusoma
Hamwe mu masomero y’amashuri ibitabo babibika mu makarito N’ubwo u Rwanda rugaragaza intambwe rumaze gutera mu guteza imbere uburezi haba mukorohereza abana kwiga amashuri abanza n’ayisumbuye More...

N’abakozi b’Uturere bazahugurwe ku kwinjiza uburinganire mu igenamigambi n’ingengo y’imari-Guverineri Munyantwari
Icyifuzo cy’uko n’abakozi b’Uturere bahugurwa ku buryo bwo kwinjiza uburinganire mu igenamigambi n’ingengo y’imari by’igihugu, Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, More...

Kayonza: Umuyobozi w’akarere arasaba abaturage gutanga amakuru ku hantu hajugunywe imibiri itarashyingurwa
Umuyobozi w’akarere ka Kayonza Mugabo John, yasabye abaturage kugira ubutwari bwo gutanga amakuru ku hantu hose haba hakiri imibiri y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 itarashyingurwa kugira More...

Abacitse ku icumu rya jenoside nibatureke tuvuge ibyatubayeho-Dr. Dusingizemungu
 Mu kiganiro Dr. Dusingizemungu Jean Pierre, umuyobozi wa Ibuka ku rwego rw’igihugu, yahaye abari bateraniye mu nzu mberabyombi y’Akarere ka Huye kuri uyu wa 12 Mata, yagaragaje ko abacitse ku More...

Burera: Abaturage barasabwa kubungabunga umutekano mu gihe cy’icyunamo
Umuyobozi w’akarere ka Burera Sembagare Samuel, arasaba abanyaburera bose gufata ingamba zikomeye zo kubungabunga umutekano mu cyumweru cy’icyunamo kugira ngo hatazagira uwuhungabanya. Sembagare Samuel More...

Duhugura abantu kuko tuba tubatezeho gufasha abanyarwanda kugira imyumvire myiza-Uyisabye
Umukozi wa komisiyo y’igihugu y’amatora mu karere ka Kirehe aratangaza ko bamaze guhugura abantu bagera kuri 317 muri aka karere ku ruhare rw’intore mu kwimakaza demokarasi n’imiyoborere More...

Gakenke : Inganda z’amakoperative ya kawa zirasabwa kugura umusaruro wose wa kawa
Abayobozi b’amakoperative barahamagarirwa kugura umusaruro wose w’ikawa mu rwego rwo guca ubumamyi bw’ikawa bugaragara mu baturage. Ibyo babisabwe mu nama ya Coffee Task force yateranye kuwa More...

Cyanika: Abasigajwe inyuma n’amateka bari kwigishwa gusoma no kwandika
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Cyanika mu karere ka Burera aratangaza ko mu rwego rwo gukomeza guteza imbere abasigajwe inyuma n’amateka bo muri uwo murenge hagiyeho gahunda yo kubigisha More...