
Gakenke: Bifuza ko imihigo yaba iganisha abaturage ku iterambere n’imibereho myiza
Uretse kuba buri karere gahigira nyakubahwa perezida wa repabulika ibyo biyemeje kuzageraho mu gihe kingana n’umwaka ubundi akarere karushije utundi kwesa imihigo kakaza k’umwanya w’imbere More...