
Nyamasheke: Ibanga ryo gukora cyane ryagize Nyirancuti umukire
Nyiranshuti Cecile Nyiranshuti Cecile ni umwe mu bagore bavuga ko bamaze kugera kuri byinshi,babikesha gukora cyane, kutitinya no kumenya gukorana n’ibigo by’imari. Nyirancuti avuga ko yatangiriye More...

Gicumbi – Abaturage bashima ikinyabupfura cyaranze inkotanyi mu gihe cyo kubohoza igihugu
Siboyintore Evariste atanga ubuhamya bw’uburyo yabanye n’inkotanyi Mu gihe cy’intamabara yo kubohoza u Rwanda abaturage bo mu karere ka Gicumbi bashima imyitwarire y’inkotanyi kuko zaranzwe More...

Ngororero: Abaturage ngo bashimishijwe nuko bibohoye amacakubiri
Mu gihe abanyarwanda bakishimira isabukuru y’imyaka 21 ishize ingabo zahoze ari iza FPR Inkotanyi zibohoye igihugu, abo mu karere ka Ngororero bishimiye ko uko imyaka igenda ishira ariko bibohora ingoyi y’amacakubiri More...

Kamonyi: Barishimira iterambere bagezeho nyuma y’imyaka 21 abanyarwanda bibohoye
Ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 21 abanyarwanda bibohoye, ku rwego rw’akarere abayobozi bifatanyije n’abaturage b’umudugudu wa Kiranzi, akagari ka Kidahwe, ho mu murenge More...

Ntawabona amagambo yo gushimira inkotanyi zabohoye u Rwanda-Izabiriza
 Ubwo mu Murenge wa Ngoma ho mu Karere ka Huye bizihizaga isabukuru y’imyaka 21 u Rwanda rumaze rubohowe, Jeanne Izabiriza, umunyamabanga nshingwabikorwa w’Intara y’amajyepfo, na we utuye More...

Nyabihu: Kuva abatsinze urw’amasasu bahari, bizeye kuzafatanya nabo bakibohora burundu ku bukene
Abaturage bo mu karere ka Nyabihu bavuga ko nyuma y’uko ingabo za RDF, zibohoye u Rwanda hagahagarikwa Jenoside yakorerwaga Abatutsi, kuri ubu urugamba rw’amasasu rwarangiye hakaba hasigaye urwo kurwanya More...

Ruhango: Igihe nk’iki kijye kiba umwanya wo kwibuka abamennye amaroso yabo-Min Ndimubanzi
Umunyamabanga wa Leta uhoraho muri minisiteri y’ubuzima Dr. Ndimubanzi Patrick, yasabye abitabiriye umuhango wo kwizihiza umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 21 tariki ya 04/07/2015, ko ibyakozwe ari byinshi More...

Gatsibo: Barishimira iterambere bamaze kugeraho nyuma y’imyaka 21 yo kwibohora
Abatwara abantu n’ibintu kuri moto nabo bari bitabiriye uyu muhango Tariki ya 4 Nyakanga buri mwaka, ni umunsi u Rwanda rwizihiza umunsi mukuru wo kwibohora. Nyuma y’imyaka 21 u Rwanda rubohowe n’Ingabo More...

Gisagara: Ibyo bagezeho nyuma yo kwibohora ni intangiriro y’ibindi byinshi
Abatuye Gisagara baratangaza ko ibyiza bagezeho nyuma yo kwibohora ubuyobozi bubi, ari intangiriro y’ibindi byinshi bari kugenda baganaho. Ibi babitangaje bizihiza umunsi wo kwibohora tariki ya 4/07/2015 More...

Gicumbi – Abaturage bashima ikinyabupfura cyaranze inkotanyi mu gihe cyo kubohoza igihugu
Mu gihe cy’intamabara yo kubohoza u Rwanda abaturage bo mu karere ka Gicumbi bashima imyitwarire y’inkotanyi kuko zaranzwe n’ibikorwa by’urukundo byo kubafasha guhangani n’ibihe More...