
Ruhango: “umuturage w’u Rwanda agomba gutora yumva ko yisanzuye†Irambona Liberate
Intore zo mu karere ka Ruhango ziri mu mahugurwa Irambona Liberate ni umukozi wa komisiyo y’igihugu y’amatora ashinzwe guhuza ibikorwa by’amatora mu ntara n’umujyi wa Kigali, avuga ko More...

Rwanda | Gisagar: komisiyo y’amatora yahuguye abayobozi bazahugura abandi
Kuri uyu wakabiri tariki ya 29 Gicurasi, komisiyo y’igihugu ishinzwe amatora yahuguye abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge ku ruhare rw’abayobozi b’ibanze mu kwimakaza n’imiyoborere More...

Nyanza: Abakuru b’imidugudu bahuguwe ku ruhare rwabo muri demokarasi
Higiro Solange, umukozi wa komisiyo y’igihugu y’amatora mu turere twa Nyanza na Ruhango avugana n’itangazamakuru tariki 30/05/2012  Tariki 30/05/2012 Komisiyo y’igihugu y’amatora More...

Gicumbi :Abakozi bashinzwe irangamimerere barimo guhugurwa ku ikoranabuhanga
Abakozi bashinzwe irangamimerere mu karere ka Gicumbi barimo guhugurwa muri gahunda yo gutegura ikigega cy’imibare cy’Akarere hakoreshejwe ikoranabuhanga (web based district data base). Umwe mu bahugurwa Habiyakare More...

Gisagara: Abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari bahuguwe ku ikoreshwa rya interineti
Mu rwego rwo koroshya itumanaho mu kazi, kohererazanya ubutumwa bujyanye n’akazi abakozi b’akarere ka Gisagara bakoresha internet, hifujweko no muzindi nzego byagenda bityo niko gushyiraho amahugurwa More...

Musanze: MINEDUC na NISR mu gufatanya kubona imibare nyayo k’uburezi
Minisiteri y’Uburezi n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurirashamibare bari mu bikorwa byo guhugura abashinzwe uburezi mu murenge, abashinzwe uburezi ku karere n’abashinzwe ibarurishamibare More...

Ngoma: Abahagarariye abanyeshuri bahuguwe ku burere mboneragihugu
Abanyeshuri bagera ku 101 bahagarariye abandi mu bigo by’amashuri yisumbuye n’amakuru bigize akarere ka Ngoma kuri uyu wa 07/03/2012 bakoze amahugurwa ku miyoborere myiza n’uburere mboneragihugu. Aba More...

Kamonyi: Abanyeshuri barakangurirwa kugira uruhare mu miyoborere myiza
Abanyeshuri bahagarariye abandi mu ihuriro ry’abanyeshuri baratangaza ko bagiye gukangurira bagenzi babo kwitabira imiyoborere myiza ishingiye kuri Demokarasi n’amatora. Ibyo babitangaje nyuma y’amahugurwa More...

NSR | Nyamasheke: Abarezi ni umuyoboro mwiza wo kugera ku baturage
Abarimu ngo ni umuyoboro mwiza ushobora gutuma gahunda za leta zigerwaho ndetse n’amatora akagenda neza nk’uko Kansanga Olive, ushinzwe ibikorwa by’uburere mboneragihugu muri komisiyo y’amatora More...

Kirehe: komite z’ubutaka ku rwego rw’umurenge n’akarere zahuguwe
Dufatanye Israel, ukora muri Rema atanga amahugurwa Komite z’ubutaka ku rwego rw’umurenge n’akarere mu karere ka Kirehe, kuva tariki 26/01/2012, bateraniye mu mahugurwa mu rwego rwo kumenya More...