
Rwanda | GISAGARA: HAKOZWE IGITARAMO CYO KWISHIMIRA INTERA NZIZA AKARERE KATEYE MU MIHIGO
tariki ya 31 kanama,2012 akarere ka Gisagara kakoreye hamwe n’abakozi bako bose igitaramo cyo kwishimira umwanya mwiza aka karere kagize mu mihigo y’uyu mwaka ushize wa 2011-2012, haboneweho kandi More...

Rwanda | GISAGARA: KANSI BAMURIKIWE IBYAGENWE MU MUHIGO W’UMWAKA WA 2012-2013
Abaturageb’umurengewaKansibamurikiweumuhigouteganyijwe mu mwaka 2012-2013 kugirangobamenyeuruharerwabo, ndetsebasabwakuzakoranaumuravakugirangoibyobahizebizahigurwentankomyi. Nyumayokumurikaumuhigow’akarerewa More...

Umuco wo kwishingikiriza ubwoko wagakwiye kuranduka burundu hakimikwa ubushobozi-Capt Kirenga
Capt. Egide Kirenga ushinzwe guhuza abasirikare n’abasivile muri tumwe mu turere two mu ntara y’Amajyepfo yasabye abatuye umurenge wa Nyamabuye mu karere ka Muhanga mu ntara y’Amajyepfo ko More...

Abayobozi batarara mu duce bayobora bagiye guhagurukirwa
Umuyobozi wa polisi mu ntara y’Amajyaruguru aravuga ko agiye guhagurukira abayobozi batarara aho bashinzwe kuyobora, kuko bidashoboka ko umuyobozi ateza imbere ahantu nawe ubwe atifuza gutura. Ibi C/Supt. More...

Ubumwe n’ubwiyunge bumaze gutera intambwe ishimishije mu karere ka Gicumbi
Abagize inama njyanama y’akarere bitabiriye ibiganiro Visi perezida w’inama njyanama y’akarere ka Gicumbi Bizimana Jean Baptiste aravuga ko mu karere ka Gicumbi ubumwe n’ubwiyunge More...

Ngoma: Ntibacyandikisha abana bavutse cyangwa abitabyimana kuberako batagira umukozi ushinzwe irangamimerere
Kuba hari imirenge imaze igihe kinini itagira abakozi bashinzwe iranga mimerere bituma abaturage batakibaruza abana babo bavutse ndetse n’abantu bitaba imana. Nkuko byagaragajwe na commission y’ inama More...

KARONGI: Ishavu ry’abanyarwanda ritubere umusingi wo kwiyubaka – Niyonsaba Cyriaque
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Bwishyura Niyonsaba Cyriaque wari wifatanyije n’abaturage b’imidugudu ya Nyarurembo na Karutete yagize ati: “Ishavu ry’abanyarwanda ritubere More...

Gisagara: Abashakanye bakwiye guhora bameze nk’abarambagizanya
Abatuye mu karere ka Gisagara barigishwa kubana neza n’abo bashakanye kugirango babashe gushyira hamwe maze bakore bateze imbere ingo zabo. Byagaragaye kenshi ko umubano mubi mu rugo uri mu bya mbere bituma More...

Burera: Baretse gucuruza kanyanga bakora koperative
Nshimiymana Emmanuel we n’abandi bantu 21 bo mu karere ka Burera bafashe icyemezo cyo kureka gucuruza kanyanga maze bakora koperative yitwa “Tuzamurane twiteza imbere†maze ikigo cy’igihugu More...

Nyamasheke: uruhare rw’aabaturage mu gutegura imihigo bituma yeswa neza
Mu nama nyunguranabitekerezo yahuje komisiyo ya politiki n’imiyoborere myiza mu nteko ishinga amategeko umutwe wa sena, ubuyobozi bw’akarere, sosiyete sivile ndetse n’abafatanyabikorwa bo mu More...