
Rwanda | GISAGARA: HAKOZWE IGITARAMO CYO KWISHIMIRA INTERA NZIZA AKARERE KATEYE MU MIHIGO
tariki ya 31 kanama,2012 akarere ka Gisagara kakoreye hamwe n’abakozi bako bose igitaramo cyo kwishimira umwanya mwiza aka karere kagize mu mihigo y’uyu mwaka ushize wa 2011-2012, haboneweho kandi More...

Rwanda | Nyabihu: Nyuma y’umwanya babonye mu mihigo ya 2011-2012, basabwe kurushaho gukora neza kugira ngo bazarusheho kuza imbere ubutaha
Akarere ka Nyabihu kasabwe gushyiramo imbaraga kugira ngo kazarusheho kuza ku myanya myiza mu mihigo itaha Intara y’Iburengerazuba igizwe n’uturere 7 aritwo Nyamasheke, Rusizi, Ngororero, Rutsiro, More...

Rwanda | Gakenke: Kuva ku mwanya wa nyuma si impanuka ni ugukora cyane- Umuyobozi w’akarere
Umuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza, Ntakirutimana Zephyrin atangaza ko kuva ku mwanya wa nyuma atari impanuka ahubwo babikesha gukora cyane. Yemeza ka akarere kazaza mu myanya itanu ya More...

Gatsibo batangiye kumurika imihigo ya 2011-2012
Zimwe mu ntumwa za Minisiteri zisuzuma imihigo Ubuyobozi bw’akarere ka Gatsibo bwatangiye kumurika imihigo ya 2011-2012 bwasinyanye na perezida wa repubulika More...

Imihigo igomba gusubiza ibibazo bihari aho kuyishyira mu bikorwa kugira ngo mubone amanota- Ntanyoma
Mu gihe habuze iminsi mikeya ngo hasuzumwe imihigo y’umwaka wa 2011-2012 ndetse hamurikwa imihigo ya 2012-2013, abayobozi b’inzego z’ibanze bo mu karere ka Gakenke bibukijwe ko imihigo More...

Gakenke igeze kuri 85 % ihigura imihigo y’uyu mwaka
Mu gihe imihigo y’uyu mwaka wa 2011-2012 izarangira mu kwezi kwa Gatandatu, akarere ka Gakenke kemeza ko kamaze kugera kuri 85% kesa imihigo kahize imbere ya Perezida wa Repubulika. Bwana Deogratias More...

Rwanda | Nyamasheke: Bavuga ko bateye imbere birenze ibyo raporo yavuze
Abayobozi mu karere ka Nyamasheke ntibemera umwanya wa 29 mu turere 30 ubushakashatsi bw’ikigo kibarurisha imibare bwashyize kuri ako karere. Bavuga ko akarere kabo kamaze igihe kinini kitwara neza mu mihigo More...

Ngoma: Guverineri arasaba abayobozi gushyira ingufu mu mihigo
Guverineri w’intara y’ Iburasirazuba UWAMARIYA Odette arasaba abayobozi b’inzego zose mu karere ka Ngoma gushyira hamwe bakanashyira ingufu mu mihigo akarere kasinyanye na More...