
Mu myaka ibiri, nta mwana w’u Rwanda uzaba akirererwa mu kigo cy’imfubyi
Nyuma y’uko Minisitiri w’Intebe yasabye ko nta bana bongera kurererwa mu bigo by’imfubyi, hashyizweho ingamba z’uko abo bireba bazabyifatamo kugira ngo abana bose babashe kurererwa mu More...

Gakenke : Abanyamabanga nshingwabikorwa butugari barasabwa gutanga serivise nziza
Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’utugari barahamagarirwa gutanga serivise nziza ku baturage babagana. Ibyo byagurutsweho n’umuyobozi w’akarere mu nama yo kuri uyu wa gatatu tariki ya 08/02/2012. Umuyobozi More...

Nyanza: Imiryango 102 yasezeranye mu buryo bwemewe n’amategeko mu murenge wa Nyagisozi
Tariki 26 Mutarama 2012 mu murenge wa Nyagisozi mu karere ka Nyanza habereye umuhango wo gusezeranya imiryango 102 yabanaga mu buryo butemewe n’amategeko. Uwo muhango wayobowe n’umunyamabanga More...

Rukara: Imiryango 429 yabanaga mu buryo butemewe n’amategeko yasezeranye
Ubuyobozi bw’umurenge wa Rukara kuri uyu wa mbere bwasezeranyije imiryango 500 yabanaga mu buryo butemewe n’amategeko. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Rukara, Ngabonziza Bideri Vincent More...