
Rwanda | Muhanga: abana batowe guhagararira abandi biyemeje kurwanya ihohoterwa bakorewa
Mu karere ka Muhanga, abana batoye abana bagenzi babo bazabahagararira ku rwego rw’akarere kugirango bajye babafasha gukemura bimwe mu bibazo bahura nabyo. Mu byo abana batowe biyemeje birimo no kwita ku More...

Inyumba Alosea yemereye ubuvugizi Abanyagakenke mu gutunganya imihanda
Mu muganda wo kuwa gatatu tariki 16/05/2012 wo guhangana n’ingaruka z’ibiza, Minisitiri w’Iterambere ry’Umugore n’Umuryango yemereye ubuvugizi akarere mu gutunganya imihanda ubwo More...

Huye: Guhera muri Nyakanga, hehe n’umwijima ku muhanda Rwabuye-Mukoni
Guhera ku wa gatatu tariki ya 9, rwagati mu mugi wa Butare hatangiye gushyirwa ibyuma biriho amatara ateye ku buryo hagaragaraho amabara y’ibendera ry’u Rwanda, ni ukuvuga ubururu, umuhondo n’icyatsi. More...

Burera: Abaturage barasabwa gukurikiza amabwiriza yo kubaka ku mihanda
Umuyobozi w’akarere ka Burera arasaba abatuye b’ako karere ko nibajya kubaka ahegereye imihanda bazajya bubahiriza amabwiriza yo kubaka ku mihanda agenwa na leta. Sembagare Samuel avuga ko hagiye ho More...

Musambira: Umuvuduko mu muhanda ni wo ukunze guteza impanuka nyinsi
Ibyo byagarutsweho mu nama y’umutekano yaguye y’akarere ka Kamonyi, ubwo batangazaga ko kuva ukwezi kwa Gashyantare gutangiye , hagaragaye impanuka ebyiri mu muhanda wa Musambira. Ushinzwe irangamimerere More...

NSR | Akarere ka Kamonyi kemeye kwishyura abaturage bakoze umuhanda wakoreshejwe n umutekamutwe
Amafaranga akabakaba miliyoni eshatu n’igice niyo yabaruwe n’impuguke mu bwubatsi bw’imihanda, nk’igihembo cyari gikwiye abakoze umuhanda uhuza Akagri ka Nkingo ko mu murenge wa Gacurabwenge More...

Ngoma: Ibikorwa byo gushyira amatara ku mihanda byaratangiye
Akarere ka Ngoma katangiye gushyira amatara ku muhanda mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubujura bukorwa nijoro hatabona bumaze iminsi buvugwa mu mujyi wa Kibungo. Kuva mu kwezi kwa mbere uyu mwaka More...