
Iyo dusubiza agaciro abazize jenoside natwe ubwacu tuba tukisubije-Guverineri Munyantwari
Aya magambo, Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Munyantwari Alphonse, yayavuze mu gikorwa cyo kwibuka abazize jenoside cyabereye i Ruhashya kuwa 25 Mata 2012. Iki gikorwa cyanaranzwe no gushyingura More...

Rwanda | « Hari abatanga serivisi mbi batabizi », Guverineri Munyantwari
Hashize igihe mu Rwanda igikorwa cyo gutanga serivisi inoze gihagurukiwe. N’ubwo abenshi biyemeje kubigeraho, inzira iracyari ndende kubera ko hari n’abatanga serivisi itari nziza batabizi. Ibi Guverineri More...