Rwanda | GISAGARA: HAKOZWE IGITARAMO CYO KWISHIMIRA INTERA NZIZA AKARERE KATEYE MU MIHIGO
tariki ya 31 kanama,2012 akarere ka Gisagara kakoreye hamwe n’abakozi bako bose igitaramo cyo kwishimira umwanya mwiza aka karere kagize mu mihigo y’uyu mwaka ushize wa 2011-2012, haboneweho kandi n’umwanya More...
Rwanda | GISAGARA: AHATEGANYIJWE KUZUBAKWA UMUDUGUDU NTANGARUGERO HACIWE IMIHANDA
tariki ya 25 kanama,2012 mu gikorwa cy’umuganda usoza ukwezi cyabereye mu murenge wa Save, akagari ka Rwanza ku rwego rw’akarere, haciwe imihanda inyura mu bibanza byagenewe kuzubakwamo umudugudu ntangarugero More...
Rwanda | GISAGARA: AKARERE KIYEMEJE KUZOROHEREZA RWIYEMEZAMIRIMO UZAHUBAKA HOTEL
Ubuyobozi bw’akarere ka Gisagara buratangaza ko bwiteguye kuzorohereza rwiyemezamirimo uzashaka kubaka Hotel mu murenge wa Save akagari ka Rwanza, ahareba mu karere ka Huye hitwa muri Rwabuye, ahakaswe ibibanza More...
Rwanda | RUSIZI: IGIKORWA CY’IBARURA MURI ZONE YA BUGARAMA
Ku ncuro ya kane hakorwa igikorwa cy’ibarura rusange ry’Abaturage n’imiturire mu Rwanda muri zone ya Bugarama mu Karere ka Rusizi, tariki ya 16/08/2012 iki gikorwa cyatangiye neza cyane kuko usanga abaturage More...
Rwanda | Ngororero: Abavuye kurugerero barashima inyigisho z’imyuga bahabwa
Abavuye ku rugerero bo mu karere ka Ngororero bazwi ku izina ry’Inkeragutabara barashimira komisiyo ishinzwe gusubiza mu buzima busanzwe abahoze ari abasirikare kubera amahugurwa y’imyuga bahabwa ku bufatanye More...
Rwanda | Kamonyi: Itorero ryo kurwego rw’umudugudu rizafasha mu iterambere n’umuco
Nyuma y’uko hamwe na hamwe mu midugudu igize akarere ka Kamonyi hatangijwe itorero ry’igihugu kuri urwo rwego, abaturage bavuga ko bunguka ubumenyi bwinshi buzabafasha mu gukunda igihugu, kubana neza, gutera More...
Rwanda | Nyamasheke: Umurenge wa rangiro urashaka kwegukana umwanya wa mbere mu mwaka wa 2012-2013
Nyuma y’uko umurenge wa Rangiro wegukanye umwanya wa kabiri ku rwego rw’akarere mu mihigo y’umwaka wa 2011-2012, tariki ya 1/08/2012 abaturage bishimiye ibyo bagezeho. Nk’uko byatangajwe n’umunyamabanga More...
Rwanda : Ministiri w’Intebe yagejeje ku Nteko gahunda ya Guvernema yo guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi
Kuri uyu wa 02/8/2012, Ministiri w’Intebe Pierre Damien Habumuremyi yatangarije Inteko ishingamategeko imiterere y’ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda na gahunda iteganijwe. Yemeza ko umusaruro wiyongereye kandi More...
Rwanda | Nyamasheke: Abayobozi batandukanye bahuguwe ku ishyirwaho ry’ihuriro ry’abana.
Kuri uyu wa 3/8/2012, abayobozi batandukanye barimo abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge, abashinzwe imibereho myiza y’abaturage mu mirenge, abahagarariye inama y’igihugu y’abagore n’iy’urubyiruko, More...
Rwanda : Buri murenge wo mu Ntara y’amajyepfo ufite 4.000.000 zo gufasha abacitse ku icumu mu mishinga yo kwiteza imbere
Nyuma yo kubona ko abacitse ku icumu bo mu Ntara y’Amajyepfo bakennye cyane, bakaba bagomba gufashwa kwiteza imbere bakikura mu bukene, buri Murenge wo muri iyi Ntara wagenewe miliyoni enye zo kubafasha mu mishinga More...
