
Rwanda | GISAGARA: HAKOZWE IGITARAMO CYO KWISHIMIRA INTERA NZIZA AKARERE KATEYE MU MIHIGO
tariki ya 31 kanama,2012 akarere ka Gisagara kakoreye hamwe n’abakozi bako bose igitaramo cyo kwishimira umwanya mwiza aka karere kagize mu mihigo y’uyu mwaka ushize wa 2011-2012, haboneweho kandi More...

Nyamagabe: Akarere kahaye abafatanyabikorwa ijambo ku mihigo ya 2012-2013.
 Kuri uyu wa 20/6/2012 abayobozi b’akarere ka Nyamagabe bagiranye inama idasanzwe n’abafatanyabikorwa bo muri aka karere aho abafatanyabikorwa bagejejweho imihigo yateguwe igomba guhigwa mu More...

Nyamasheke: Abantu barenga ibihumbi bitanu bigishijwe gusoma, kwandika no kubara
Mu muhango wo gusoza itorero ry’igihugu ku rwego rw’imidugudu wabaye tariki ya 14/06/2012 abaturage barangije amasomo yo gusoma, kwandika no kubara bo mu murenge wa Karengera bahawe impamyabumenyi More...

Amanama, amahugurwa n’amahoteli bigiye kugabanywa mu Rwanda hongerwe kubakira abakene
Ibiza byo mu mezi ashize byasize benshi hanze Ngo mu mwaka w’ingengo y’imari utaha wa 2012-2013 uzatangira tariki ya mbere Nyakanga uyu mwaka wa 2012 hazagabanywa cyane amafaranga yatangwaga ku manama, More...

Nyamasheke: Imyiteguro yo kwibuka ku nshuro ya 18 iri kugenda neza.
Kuva ku itariki ya 7 Mata buri mwaka, mu gihugu hose hatangira iminsi ijana yo kwibuka inzirakarengane zazize jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Insanganyamatsiko y’uyu mwaka igira iti:â€KWIBUKA More...

Gakenke igeze kuri 85 % ihigura imihigo y’uyu mwaka
Mu gihe imihigo y’uyu mwaka wa 2011-2012 izarangira mu kwezi kwa Gatandatu, akarere ka Gakenke kemeza ko kamaze kugera kuri 85% kesa imihigo kahize imbere ya Perezida wa Repubulika. Bwana Deogratias More...

Nyabihu: uko imyaka igenda ishira Imisoro igenda iboneka ku buryo bushimishije
Mu nama ngishwanama ku misoro n’amahoro mu Karere ka Nyabihu  iheruka guterana yerekanye ko akarere ka Nyabihu kagenda gatera intambwe ishimishije ku birebana n’umutungo no kunoza serivisi y’imisoro More...

Amazi yabaye make muri Rwamagana, ni ukuyasaranganya kugeza mu 2013
Ubwo abatuye umujyi wa Rwamagana binubira ko basigaye babura amazi uko bayakeneye, akaboneka rimwe na rimwe, ubuyobozi bwa EWSA, Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe gusakaza amazi n’amashanyarazi no kubungabunga More...

Intara y’amajyaruguru yamuritse ibikorwa yagezeho muri 2011
Ku wa gatandatu tariki 21/01/2012 mu mujyi wa Musanze habereye umuhango wo kumurika ibyo intara y’amajyaruguru yagezeho mu mwaka wa 2011 mu rwego rwo kubyishimira no kurebera hamwe ibigomba kugerwaho More...

Akarere ka Nyamasheke kahize kongera ibihingwa ngengabukungu
Mu mwaka 2011/2012, akarere ka Nyamasheke kiyemeje kongera ibihingwa ngengabukungu gatera ingemwe za kawa ndetse n’icyayi. Hagomba guterwa hegitare zigera kuri 280 za kawa ndetse na hegitari 500 z’icyayi. Raporo More...