
Ikipe uko yaba imeze kose igihe yiyemeje gukorera hamwe nta kiyinanira-Murayire
Inama y’umutekano yaguye y’akarere ka Kirehe kuri uyu wa 14/06/2012 yarateranye barebera hamwe uburyo umutekano wifashe muri aka Karere iyi nama ikaba yari iya nyuma isoza umwaka w’ingengo y’imari. Iyi More...

Rutsiro: Abaturage bafite aho bahuriye n’umupaka wa Congo barasabwa gufasha ingabo mu kwicungira umutekano.
Buri muturage wese utuye cyangwa uturiye umupaka wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, arasabwa kuba ijisho rya mugenzi we ndetse akihutira gutanaga amakuru ku kintu cyose abona cyahungabanya umutekano. Uyu More...

Nyamasheke: CDC yanenze ba Rwiyemezamirimo batuzuza neza inshingano zabo
Mu nama ya komite ishinzwe iterambere ry’akarere (CDC) yateranye kuri uyu wa kabiri tariki ya 12/06/2012, abagize CDC banenze ba Rwiyemezamirimo batuzuza neza inshingano ziba zikubiye mu masoko baba batsindiye. Muri More...

Rwanda : Intara y’Amajyepfo: Mu guhiga amahegitari azahingwa, hajye hahigwa n’amatoni azezwa
Iki ni icyifuzo cy’umwe mu bafatanyabikorwa bari mu nama mpuzabikorwa y’Intara y’amajyepfo ejo tariki ya 5 Kamena, inama yateraniye mu cyumba cy’inama cya Hoteli Credo. Hari nyuma yo More...

Rwanda | Ngororero:Abayobozi b’imirenge bagiye kunoza igenamigambi
Uyu ni umwe mu myanzuro yavuye mu nama yahuje umuyobozi w’akarere ka Ngororero Ruboneza Gedeon n’abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge ikagize kuwa 29/05/2012. Imirongo migari (outlines) More...

Nyamasheke: Abaturage barasabwa uruhare mu gukemura ibibazo hagati yabo
Mu nama yahuje abaturage b’umurenge wa Bushenge wo mu karere ka nyamasheke n’umuyobozi w’akarere wungiririje ushinzwe imari, ubukungu n’iterambere, abaturage basabwe kujya bagira uruhare More...

Ku inshuro ya 15, inteko rusange y’urubyiruko rw’igihugu yateranye
Kuri uyu wa gatandatu, taliki 19 Gicurasi 2012, ku cyicaro gikuru cya Croix Rouge inteko rusange y’inama nkuru y’igihugu y’urubyiruko yateranye ku nshuro yayo ya 15. Iyi nama ikaba yari igamije More...

Ku inshuro ya 15, inteko rusange y’urubyiruko rw’igihugu yateranye
Kuri uyu wa gatandatu, taliki 19 Gicurasi 2012, ku cyicaro gikuru cya Croix Rouge inteko rusange y’inama nkuru y’igihugu y’urubyiruko yateranye ku nshuro yayo ya 15. Iyi nama ikaba yari igamije More...

Kamonyi: Abayobozi b’inzego z’ibanze barasabwa ubufatanye n’inzego z’umutekano
Mu nama yaguye y’umutekano y’akarere ka Kamonyi yabaye kuri uyu wa kane tariki 4/5/2012, Inzego z’ibanze cyane cyane abanyamabanga Nshingwabikorwa b’utugari basabwe gufatanya n’inzego More...

U Rwanda ruzakira inama mpuzamahanga ku mishinga mito n’iciriritse (SMEs)
U Rwanda nk’igihugu kiri mu Muryango w’Africa y’Iburasirazuba (EAC) ruritegura kwakira inama mpuzamahanga ku mishinga mito n’iciriritse (SMEs). Iyo nama izaba ifite insangamatsiko igira More...