
Huye: Biyemeje guhindura aho batuye bihereyeho
Abatozwa ubutore ngo bazaba intangarugero Abanyeshuri 1800 bo mu Karere ka Huye barangije amashuri yisumbuye, nyuma yo gutozwa ubutore ngo bazahindura imibereho y’aho batuye bihereyeho. Muri rusange, imihigo More...

Ruhango: Intore 1419 zishoje urugerero zashimiwe mu ruhame uko zitwaye
Urubyiruko rw’abasore n’inkumi bagera ku 1419 bari bamaze amezi agera kuri atandatu bari ku rugerero mu bikorwa bitandukanye byo guteza imbere imibereho myiza y’abaturage, bashimiwe mu ruhame More...

Nyabihu: abaturage babona inama y’umushyikirano nk’urubuga rwo gutanga ibitekerezo
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyabihu basanga inama y’umushyikirano ari ingenzi cyane kandi ifitiye abaturage akamaro kuko ari urubuga rwo kumva ibitekerezo no gukemura  ibibazo byabo byinshi More...

Mu Karere Ka Nyagatare Basoje Icyiciro Cya Kabiri Cy’ Urugerero
NYAGATARE-Abaturage batuye mu murenge wa Rukomo barakangurirwa gufata neza ibikorwa byose byakozwe n’intore zimaze amezi 7 ku rugerero. Ibi bakaba babisabwe na Rwaka Nicolas, umutahira w’intore mu More...

Intore zashoje icyiciro cya mbere cy’urugerero zashimiwe ibikorwa byiza zakoreye akarere ka Gicumbi
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 28/06/2013, kimwe n’ahandi mu gihugu hose, mu karere ka Gicumbi hijihijwe umunsi wo gusoza ku mugaragaro urugerero mu cyiciro cyarwo cya mbere cy’intore zo ku mukondo. Umunyamabanga More...

Nyanza: Intore zo ku rugerero zirasaba ubutaha kuzakurirwaho imbogamizi zagize
Ubwo tariki 28/06/2013 hasozwaga icyiciro cya kabiri cy’urugerero mu karere ka Nyanza intore zaho zagaragaje ko n’ubwo ari byinshi byagezweho hatabuze no kubamo imbogamizi bityo zigasaba ko ubutaha More...

Ngo hakwiye impinduka mu ikorwa ry’Urugerero kugira ngo ruzarushe ho kunozwa
Abanyeshuri bo mu karere ka Burera barangije icyiciro cya mbere cy’itorero ryo ku Rugerero batangaza ko bishimira kuba baragiye ku Rugerero ariko bakavuga ko hari ibikwiye guhinduka kugira ngo abazakora More...

Huye: Intore zivuga ko urugerero ari rwiza kandi atari agahato
Hari abavuga ko ibikorwa by’urugerero ari umurimo w’agahato wahawe abana barangije amashuri yisumbuye. Nyamara, intore zakoze uru rugerero zikaba zirangije icyiciro cya kabiri cyarwo, si ko zibivuga. Bamwe More...

Rwanda | Gakenke: Newly elected Children representatives to advocate for school dropouts
Children who were elected to represent others from sector levels to the National Children’s Council have promised to improve the quality of education of their fellow students who usually drop out of schools More...

Rwanda : Ongoing National Census needs sincere involvement, Officials insist
In the security meeting that brought together residents of Ruharambuga sector and different district leaders early 14th.Aug.2012, local residents were asked to trust and cooperate with the census team during the More...