
Karongi: habaye Ijoro ryo kunamira abazize jenoside mu murenge wa Bwishyura
Ifoto: Imwe mu mibiri y’abishwe muri jenoside 1994 Kuri uyu wa 28/03/2012, kuri Home Saint Jean iherereye mu Mugi wa Kibuye, umurenge wa Bwishyura, abacitse ku icumu rya jenocide, abayobozi batandukanye More...

Health workers urged to support family planning
Family planning in Gakenke district is still backward at the rate of about38percent though they are only left with three months to reach the goal set at 52percent. Health workers from different sectors of Gakenke More...

Intore ni umuyoboro mwiza wo kugeza ku bandi gahunda za Guverinoma†Komisiyo y’igihugu cy’amatora
Aya magambo ni ayatangajwe na Gloriose Musekeweya abajijwe impamvu bahisemo guhugura abahagarariye intore kandi basanzwe ari intore. Ibyo akaba yabitangarije mu mahugurwa yabaye ku itariki 29 werurwe ku biro by’umurenge More...

Akarere ka Musanze karacyakomerewe n’ikibazo cya Nyakatsi
Mu gihe hirya no hino hari abavuga ko ikibazo cya Nyakatsi bagenda barushaho kugisezerera, mu karere ka Musanze ho kiracyabakomereye. Mu nama y’abafatanyabikorwa b’akarere ka Musanze (Joint Action More...

Rwanda: Why telephone calls are grave mistakes when driving
It has been noted in recent days that car drivers, riders of motorcycles have a deadly speed when on transit, a habit which contributes to most road accidents in Kigali and other parts of the country. However More...

Nyabihu: Uhagarariye IBUKA muri Nyabihu arasaba ubuyobozi kubafasha kwishyuza Miliyoni zigera kuri 50 z’ibyasahuwe muri Jenoside
Hari ibibazo byakwitabwaho muri Nyabihu mu gihe hitegurwa gutangira icyunamo mu Rwanda. Muri ibi harimo no kwishyuriza abacitse ku icumu ibyabo byasahuwe mu gihe cya genocide nk’uko bivugwa na Juru Anastase More...

Nyamasheke: Umurenge wa Shangi wiyemeje guteza imbere imikino
Nyuma yo gushinga Shangi One Team, ikipe y’imikino inyuranye, ubuyobozi bw’umurenge wa Shangi n’ibigo bikoreramo biratangaza ko bigiye guteza imbere imikino muri uyu murenge. Bamwe mu bagize More...

Burera: Inkeragutabara zirasabwa kwitwararika
 Mu nama y’umutekano yaguye y’akarere ka Burera yabaye ku wa kabiri tariki ya 27/03/2012 Sembagare Samuel umuyobozi w’akarere ka Burera yabwiye inkeragutabara zo muri ako kerere ko zigomba More...

Kirehe-Perezida wa njyanama aributsa abajyanama b’akarere ko begera abaturage bakamenya ibibazo bihari.
Njyanama y’akarere ka Kirehe kuri uyu wa 28/03/2012 yateranye iyobowe na perezida wayo Erneste Rwagasana aho yasabye abajyanama b’aka karere kwibuka akazi kabo bakaganira n’abaturage bahagarariye More...

Musanze: RDF officers training on Environmental Security assessment
50 Rwanda Defense Forces (RDF) officers from both active and reserve forces have started training on Environment Security assessment in Musanze at Rwanda Military Academy- Nyakinama, Dr. Denis Rugege who represented More...