
Rwanda | Nyamagabe: Abaturage biteguye kugira uruhare mu ibarura.
Mu gihe hasigaye iminsi ibiri gusa ngo ibarura rusange rya kane mu Rwanda ritangire, ubuyobozi bw’akarere ka Nyamagabe bukomeje gukangurira abaturage kugira uruhare basabwa muri iri barura naho abaturage More...

Rwanda : Umuryango EAC ugiye gufashwa gufunga ibicuruzwa neza
Ishami rishinzwe inganda n’iterambere ry’umuryango w’abibumbye UNIDO rifatanyije na Ipack-Ima umuryango w’abataliyani barateganya gufasha inganda zo mu muryango wa EAC gufunga ibicuruzwa More...

Rwanda : Gatsibo:ubwo basozaga icyumweru cya Gacaca basanze hari abatarishyuye imitungo
Abaturage bo mu kagari ka Kabarore umurenge wa kabarore bashima uburyo gacaca yashoboye kubagarurira ubwiyunge no kubakuramo urwicyekwe kuko nyuma y’uko bamwe bangije imitungo yabandi bakayishyura mu gihe More...

Kirehe- Abayobozi bagaragaje udushya kurusha abandi barahembwe
Ku wa 14/06/2012 abayobozi b’inzego z’ibanze mu karere ka Kirehe mu ntara y’iburasirazuba bakoze neza bahanga udushya mu buyobozi bwabo bahawe ibihembo. Aba abayobozi bahembwe bakab ari uko More...

Nyamasheke: CDC yanenze ba Rwiyemezamirimo batuzuza neza inshingano zabo
Mu nama ya komite ishinzwe iterambere ry’akarere (CDC) yateranye kuri uyu wa kabiri tariki ya 12/06/2012, abagize CDC banenze ba Rwiyemezamirimo batuzuza neza inshingano ziba zikubiye mu masoko baba batsindiye. Muri More...

Rwanda : Nyamasheke: Sosiyete sivile irasabwa uruhare mu migendekere myiza y’amatora
Kuri uyu wa kane tariki ya 07/06/2012, abagize sosiyete sivile mu karere ka Nyamasheke bahawe amahugurwa na komisiyo y’amatora, bakaba bigishwaga ku ruhare rwabo mu migendekere myiza y’amatora. Umuyobozi More...

Rwanda : Nyamagabe: Bishimiye aho imyiteguro y’ibarura igeze
Mu gihe hasigaye amezi atagera kuri atatu ngo ibarura rusange ritangire mu gihugu, abafite uruhare mu gutegura ibarura mu karere ka Nyamagabe baratangaza koimyiteguro y’iki gikorwa igeze ku rwego rushimishije. Ku More...

Ruhango: abanyamabanga nshingwabikorwa barasabwa gushyira udusanduku tw’ibitekerezo aho bakorera.
Agasanduku k’ibitekerezo Ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango burasaba abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge igize aka karere gushyira udusanduku tw’ibitekerezo aho bakorera kuko More...

Igice kinini cy’umujyi wa Musanze gishobora kuba cyubatse hejuru y’amazi
Umuyobozi w’intara y’amajyaruguru aratangaza ko munsi y’ubutaka bw’igice kinini cy’ahubatse umujyi wa Musanze hashobora kuba hari mo amazi menshi kuburyo mu kwagura uwo mujyi bizasaba More...

Kamonyi: Abaturage barasabwa kwita ku mutekano w’abaturanyi babo
Mu kiganiro abaturage bo mu mudugudu wa Ryabitana, akagari ka Gihinga, umurenge wa Gacurabwenge, bagiranye n’abayobozi nyuma y’umuganda wo ku itariki 28/4/2012, Guverineri w’Intara y’Amajyepfo More...