
Bakoze umwiherero wo kwihwitura mu mikorere yabo
Abagize inama njyanama y’umurenge wa Kimironko mu karere ka Gasabo, umujyi wa Kigali bahuriye mu mwiherero w’umunsi umwe la Palise Gashora mu karere ka Bugesera, mu rwego rwo gusuzuma imitangirwe ya More...

Guverineri Kabahizi arasaba abagize inama njyanama gusobanukirwa inshingano zabo
Guverineri w’intara y’Iburengerazuba Kabahizi Celestin arasaba inama njyanama y’akarere ka Rubavu gusobanukirwa neza uruhare rwayo mu iterambere n’imikoranire yayo n’izindi nzego. Ibi More...

Kamonyi: Abakorera mu masambu ya leta bagiye koroherezwa kuyagiraho uburenganzira
Mu gace k’amayaga, ahagaragara ibisigara bya leta, bamwe mu baturage bahawemo amasambu, ariko habamo n’abayahawe mu buryo budakurikije amategeko. Mu gihe cy’iyandikwa ry’ubutaka, ni More...

Nyamasheke: Inama Njyanama irishimira ishyirwa mu bikorwa ry’imyanzuro bafashe
Inama njyanama y’akarere ka Nyamasheke irishimira ko inzego za leta zashyize mu bikorwa umwanzuro wari wafashwe mu nama yabaye tariki ya 28 ukuboza 2011, aho basabaga ko inyubako zikorerwamo n’inzego More...

Nyamasheke: Utubari turasabwa kubahiriza amasaha twemerewe gukora
Inama njyanama y’akarere ka Nyamasheke yateranye taliki ya 30/03/2012 yagarutse ku kibazo cy’utubari dufungura mu masaha y’akazi, ibi bikaba ari bimwe mu bibangamira umutekano ndetse bigatuma More...

Intara y’Amajyepfo iri ku isonga mu gikorwa cy’ibarura ry’amasambu
Kwandikisha ubutaka bubihesha agaciro Uhereye I Buryo ni Umuyobozi ushinzwe ikigo cy’igihugu gishinzwe iby’ubutaka, Sagashya Didier Umuyobozi ushinzwe ikigo cy’igihugu gishinzwe iby’ubutaka More...

Rwanda : Inama njyanama y akarere ka Nyamasheke yagiranye ikiganiro na guverineri w uburengerazuba ku nshingano zayo.
Ku mugoroba wo itariki ya 22 Werurwe 2012, abagize Inama Njyanama y’Akarere ka Nyamasheke bari mu rugendoshuri i Kigali, bagiranye ikiganiro na Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, More...

Abaturage ba Gisenyi barasabwa kuva mu magambo atubaka bakitabira ibikorwa
Muri gahunda yo kwegera abaturage bakabatega amatwi bakabafasha gukemura ibibazo byabo, bamwe mu bagize Inama Njyanama y’Akarere ka Rubavu kuri uyu wa 21 Werurwe basuye abaturage b’umurenge wa Gisenyi, More...

Inama njyanama y’akarere ka Rubavu yasuye umurenge wa Cyanzarwe
Muri gahunda Inama Njyanama y’Akarere ka Rubavu yafashe yo kwegera abaturage ikabafasha gukemura ibibazo byabo kuri uyu wa 14 Werurwe intumwa z’iyi nama njyanama zahuye n’abaturage b’umurenge More...

Umudugudu ni wo shingiro ry iterambere
Aya magambo ngo “umudugudu ni wo shingiro ry’iterambere†yagarutsweho n’abari bateraniye mu gikorwa cyo kwishimira kuba umurenge wa Tumba warabaye uwa mbere mu kwesa imihigo ugereranyije More...