
Huye: Barasabwa kwigomwa icupa bakagura ikayi y’umuhigo w’ingo
Nyuma yo kubona ko umuhigo w’ingo ari wo shingiro nyaryo ry’iterambere, mu Karere ka Huye barasaba abaturage kugura ikayi yabugenewe. Ubundi abaturage bahigiraga mu makaye asanzwe, ariko noneho ayakozwe More...

Ruhango: Inzego z’ibanze zirasabwa gukurikirana ikoreshwa ry’amakaye y’imihigo
Umwe mu baturage bitunguranye yasabwe ikaye y’imihigo arayibura kandi yarayihawe Bamwe mu baturage bavuga ko bataramenya neza akamaro k’ikaye y’imihigo, ibi bakaba babitangaza mu gihe akarere More...