
Rwanda | Rukara: Akagari ka Kawangire kamaze guhugura abatoza b’itorero ry’igihugu ku rwego rw’umudugudu
Akagari ka Kawangire ko mu murenge wa Rukara mu karere ka Kayonza kamaze gutoza intore zizatoza abandi baturage ubwo itorero ry’igihugu rizaba ritangiye ku rwego rw’umudugudu. Intore zigera kuri 80 More...

Rwanda : Ba gitifu b’Iburasirazuba biyemeje impinduka mu mikorere, Ngo bagiye kuba nta makemwa
Imbimburiramihigo zahigiye gutangira impinduka zigamije iterambere Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Utugari tw’Intara y’Iburasirazuba bemeje ko bagiye kurushaho gutanga serivisi nziza aho bakorera More...

Intore z’abayobozi b’utugari two mu ntara y’amajyepfo zirasabwa gusakaza ibyo zivanye mu itorero
Minisitiri w’umutekano mu gihugu arasaba intore z’abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari two mu ntara y’amajyapfo gukoresha ubumenyi bakuye mu itorero kugira ngo busakare mu baturage More...