
Rwanda | Nyamasheke: Abayobozi batandukanye bahuguwe ku ishyirwaho ry’ihuriro ry’abana.
Kuri uyu wa 3/8/2012, abayobozi batandukanye barimo abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge, abashinzwe imibereho myiza y’abaturage mu mirenge, abahagarariye inama y’igihugu y’abagore More...

Hakenewe imbaraga za buri wese kugira ngo abanyarwanda bigobotore ingoyi y’urwango
Abarokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 ku bitaro bya Rwinkwavu mu karere ka Kayonza, bavuga ko hakenewe imbaraga nyinshi kugira ngo abanyarwanda More...

Ruhango: gutanga serivise nziza biracyari inyuma mu nzego z’ibanze
Ikigo cy’igihugu gishinzwe imiyoborere kiratunga agatoki inzego z’ibanze kuba zikiri inyuma mu gutanga serivisi nziza basabwa guha abaturage babagana. Abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge More...

Muhanga: Barasabwa kwirinda umuco wo gutora nabi mu bihe by’amatora byegereje
Komisiyo y’igihugu y’amatora irasaba abarebana n’amatora ayo ariyo yose kwirinda ibikorwa byose biganisha ku gutora nabi cyane cyane mu bihe by’amatora y’abagize inteko nshingamategeko More...

Inkunga Leta igenera abakene b’i Rwamagana bayimarira mu rwagwa
Abayobozi mu nzego zose z’ibanze mu Karere ka Rwamagana bahangayikishijwe n’uko inkunga leta igenera abakene muri ako Karere bayimarira mu rwagwa, ikazarangira ibasize mu bukene aho kubateza imbere. Abayobozi More...

Abayobozi mu karere ka Huye barashima uburyo Rulindo yiteza imbere
Mu rugendo – shuri abayobozi ku nzego zitandukanye z’akarere ka Huye bakoreye mu karere ka Rulindo kuri uyu wa kane tariki 09/02/2012, bashimye gahunda zitandukanye z’ akarere ka Rulindo More...

Gisagara: Hatangijwe icyumweru cyo kurwanya ruswa mu nkiko
Iki gikorwa cyafunguwe n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere bwana Mvukiyehe Innocent kikaba kitabiriwe n’umukuru w’urukiko rwa Gisagara, abakozi bakora mu rukiko, ingabo, polisi, More...