Subscribe by rss
    Wednesday 20 January, 2021
    Rwanda News
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED
    Tag archive for ‘opinions’
    Uburyo bwo gutora , bajyaga inyuma y’umukandida
    By gahiji On Wednesday, February 10th, 2016
    0 Comments

    Kamonyi: Hari abatabona ubwisanzure mu gutora bajya inyuma y’umukandida

    Uburyo bwo gutora , bajyaga inyuma y’umukandida Bamwe mu bitabiriye amatora y’inzego z’ibanze banenga uburyo bwo gutora bajya inyuma y’umukandida kuko bibatwara igihe bategerezanyije More...

    Depite Nyirahirwa Veneranda asaba abaturage gutanga ibitekerezo bisanzuye
    By gahiji On Friday, July 24th, 2015
    0 Comments

    Bugesera: Bafata perezida Kagame nk’umubyeyi bityo akaba adakwiye kugenerwa manda kuko nta mubyeyi uha manda abana be

    Depite Nyirahirwa Veneranda asaba abaturage gutanga ibitekerezo bisanzuye Abaturage bo mu murenge wa Shyara mu karere ka Bugesera basanga perezida Kagame ari nk’umubyeyi mu bana bityo akaba adakwiye kugenerwa More...

    Musanze:  Bagereranya  Perezida Kagame nk’umwami Salomo wo mu bibiliya
    By gahiji On Friday, July 24th, 2015
    0 Comments

    Musanze:  Bagereranya  Perezida Kagame nk’umwami Salomo wo mu bibiliya

    Abaturage bo mu Murenge wa Cyuve, Akarere ka Musanze na bo, kuri uyu wa 22 Nyakanga 2015 batezwe amatwi  n’intumwa za rubanda  babagezaho impamvu bashaka ko ingingo y’i 101 y’itegeko More...

    Gisagara: Ni ubwa mbere babonye umuyobozi ugabira inka igihugu cyose
    By gahiji On Friday, July 24th, 2015
    0 Comments

    Gisagara: Ni ubwa mbere babonye umuyobozi ugabira inka igihugu cyose

    Abaturage bo mu murenge wa Musha mu karere ka Gisagara baravuga ko Perezida Paul Kagame nta muyobozi wigeze amusumbya gukunda abaturage, we ugabira igihugu cyose inka, bityo bakaba basaba ko yabayobora kugera ashaje More...

    Kinyababa: abaturage, Ngo ntibifuza gucuka kandi ibere ariho riryoshye
    By gahiji On Friday, July 24th, 2015
    0 Comments

    Kinyababa: abaturage, Ngo ntibifuza gucuka kandi ibere ariho riryoshye

    Abaturage bo mu murenge wa Kinyababa mu karere ka Burera, barifuza ko ingingo ya 101 y’itegeko nshinga ry’u Rwanda yahinduka Perezika Paul Kagame agakomeza kuyobora ngo kuko “ntibifuza gucuka More...

    Rwanda News
      • Home
      • About us
      • Contact Us
      • Privacy Policy
      • Terms
      • RSS by category
      • Irembo
      • Abanyapolitiki
        • Ibibazo n’ibisubizo
        • Ibikorwa
        • Imitwe ya politiki
        • Rwanda Politics
        • Ubuvugizi
    All Rights Reserved | NewsOfRwanda.com
      • Home
      • National
      • Politics
      • Regional
      • Magazines
      • OP&ED