
Rutsiro: Meya mushya yakirijwe imihigo yananiranye agomba kwibandaho
Ayinkamiye Emerence Umuyobozi mushya w’akarere ka Rutsiro Ayinkamiye Emerence Umuyobozi mushya w’akarere ka Rutsiro mu ihererekanya bubasha yeretswe imihigo yananiranye igomba kwibandwaho mu gihe gisigaye More...

Ngoma: Abamotari barivuga imyato mugihe police ikibashinja ibiyobyabwenge
Ruremesha simeon , umusecurite Ubwo hangizwaga ibiyobyabwenge Mu gihe abamotari mu karere ka Ngoma bivuga imyato ko ntawugitwara ibiyobyabwenge,police y’igihugu yo iravuga ko hari bake bakibikora. Ruremesha More...

Ngoma: Hangirijwe ibiyobyabwenge hanashimwa ubufatanye bw’abamotari mu kubifata
Ibiyobyabwenge byangijwe birimo kanyanga Ibiyobyabwenge byangijwe birimo kanyanga Ibiyobyabwenge bifite agaciro ka miliyoni hafi eshanu z’amafaranga y’u Rwanda byangiririjwe mu ruhame hanashimwa abamotari More...

Huye: Hari imishinga komite icyuye igihe yifuza kuzakomerezwaho n’abazabasimbura
Komite icyuye igihe Nyuma y’uko tariki 28/1 komite nyobozi y’Akarere ka Huye yarekuye ubuyobozi, abari bayigize badutangarije kigalitoday bimwe mu bikorwa bifuza ko abazabasimbura bazakomeza. Eugène More...

Gatsibo: Urubyiruko rwakanguriwe kuba umusemburo wo kurwanya ibiyobyabwenge
Hangijwe ibiyobyabwenge byiganjemo kanyanga, chief waragi hamwe n’urumogi Urubyiruko rurangije amashuri yisumbuye rwo mu mirenge itandukanye igize akarere ka Gatsibo rurakangurirwa kuba umusemburo wo kurwanya More...

Kirehe: Nyanama y’akarere irishimira ibyagezweho muri manda ishoje
Umuyobozi wa njyanama ngo asanga akarere bagasize heza Inama isanzwe ya Njyanama y’akarere irangiza igihembwe cya 2 cy’umwaka 2015/2016 yateranye kuwa14/01/2016 abagize njyanama bishimira ibyo bagezeho More...

Huye: Abanyakinazi bazwiho kwesa imihigo bababajwe n’uko basubiye inyuma
 huye  ,performance,contracts, activities,presentation sectors,people,leaders, improvement ,partnership Kuri uyu wa 15 Ukwakira 2015 ubwo bamurikaga ibyo bagezeho mu murenge wabo nibwo bagaragaje uku kutishimira More...

Kirehe: Barasabwa gukaza umutekano mu minsi mikuru yegereje
Abayobozi ku rwego rw’akarere Abayobozi bw’inzego z’ibanze burasabwa gufasha abaturage kurushaho kubungabunga umutekano baharanira kurangiza iminsi mikuru yegereje mu mahoro. Inka zafatiwe ku More...

Rwamagana: Kunoza amarondo y’umwuga ngo byatuma babungabunga umutekano
Abayobozi b’inzego z’ibanze muri rwamagana Abayobozi b’inzego z’ibanze mu karere ka Rwamagana baravuga ko bagiye kunoza amarondo y’umwuga hagamijwe kurushaho gucunga umutekano. Uyu More...

Huye: Abanyakinazi bazwiho kwesa imihigo bababajwe n’uko basubiye inyuma
Ubuyobozi n’abaturage b’umurenge wa Kinazi mu karere ka Huye bamenyereweho guhora besa imihigo ubu babajwe n’uko basubiye inyuma. Kuri uyu wa 15 Ukwakira 2015 ubwo bamurikaga ibyo bagezeho More...