
Kirehe: Abaturage Barasaba Perezida Paul Kagame ko akomeza kuyobora
Abarwariye mu bitaro bya Kirehe barashima umukuru w’igihugu kubera gahunda nziza z’ubuzima abagezaho, banatanga icyifuzo cy’ uko Leta ayoboye ihoraho agakomeza kuyobora igihugu. Ibyo babivugiye More...

“Imana ntigukorera buri byose ahubwo iguha ibyangombwa ngo ukore ibisigayeâ€-Perezida Kagame
Mu gikorwa cyo gushimira Imana ku byo u Rwanda rwagezeho mu mwaka wa 2011gitegurwa n’umuryango Rwanda Leaders Fellowship cyabaye ku cyumweru tariki 15/01/2012, Perezida Kagame yongeye gusaba abantu More...